• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye, yongeye gufata iyambere mu gushimira Tshisekedi watsinze amatora bitandukanye nibyo Katumbi Moïse, yagaragaje.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mw’ijoro rya keye, rishira kuri uy’u wa Gatatu, tariki ya 10/01/2024, umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimiye Perezida Félix Tshisekedi, waraye atangajwe n’urukiko rw’itegeko nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ko ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yo kw’itariki 20/12/2023.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ninyuma y’uko Urukiko rw’Itegeko Nshinga rutangaje ku mugoroba wo k’uwa Kabiri, tariki ya 09/01/2024, ko Tshisekedi ariwe wegukanye intsinzi mu bandi ba kandida bahataniye nawe umwanya w’umukuru w’igihugu.

Mumpera z’umwaka wa 2023, Denis Kadima, uhagarariye komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI), muri RDC, yatangaje umukandida watsinze abandi k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, Perezida Félix Tshisekedi, muricyo gihe yatsinze bagenzi be k’u majwi angana na: 13.058.962( 73%, 47), Moïse Katumbi, waje k’umwanya wa Kabiri yagize amajwi 3.256.572(18,08%), mugihe uwa Gatatu yabaye Martin Fayulu ku majwi angana na 0875.336(4,92).

Nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rumaze gutangaza uwegukanye intsinzi muri RDC, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye gufata iyambere mu gushimira Tshisekedi, nk’uko yabikoze ubushize.

Yagize ati: “Gutangaza ibya vuye mu matora y’umukuru w’igihugu muri RDC, bitangajwe n’urukiko rw’Itegeko Nshinga, bya mpaye amahirwe yo kongera gushimira byimazeyo mugenzi wanjye kandi nifurije H.E Félix Tshisekedi, wongeye gutorerwa kuyobora igihugu ca RDC.”

Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatangaje ibi mugihe Moïse Katumbi, yaramaze kugaragaza ibi murimo aho yagize ati: “Tshisekedi imikino yakinye y’uburiganya yamaze kuyigaragaza. Ariko kandi n’igihe kirageze cya baturage ba Congo kugira ngo bishire bizane mu gihugu cyabo.”

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bakomeje gutangaza ko mu matora aheruka muri RDC, yabayemo uburiganya bityo rero bagasaba ko amatora yasubirwamo bundi bushya.

Ibi byatumye urukiko rw’Itegeko Nshinga rushikirizwa ikirego n’abamwe mubakandida rero urukiko rw’Itegeko Nshinga rwanzuye ko Tshisekedi ariwe wegukanye intsinzi.

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste Ndayishimiye w'u BurundiMoïse Katumbi ChapweYafashe iyambere mu gushimira Tshisekedi watsinze amatora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Hamenyekanye impamvu Gen Andre Oketi Ohenzo, yitije, imodoka y'i Bitaro bya Hopital General de Référence Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?