Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshilombo, yagenewe ubutumwa bukomeye bu mu kebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshilombo, yagenewe ubutumwa bukomeye bu mu kebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yahawe ubutumwa bumukebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa nuko ubutegetsi bwe bugiye gushirwaho iherezo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ubutumwa bwatanzwe n’ubuyobozi bwa Alliance Fleuve Congo harimo nu bwatanzwe n’abaheruka kwiyunga kuri AFC bavuye mu ishyaka rya Perezida Félix Tshisekedi.

Ku wa Mbere w’iki Cyumweru turimo ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC rya kiriye abanyamuryango bavuye mu shyaka rya UDPS( ishyaka riri ku butegetsi i Kinshasa rya Perezida Félix Tshisekedi).

Muri abo harimo Ange Kalonji wari uhagarariye UDPS muri diaspora muri Amerika, Canada n’ahandi aho yazanye n’abandi benshi baje bava muri Amerika no mu Burayi.

Ibi byatumye abarimo Jaques Mamba wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi ishize aza kwiyunga kuri AFC aha ubutumwa Perezida Félix Tshisekedi ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.

Yagize ati: “Tshisekedi Tshilombo namenye neze ko asigaye wenyine, wenda azasigarana n’umuryango we gusa. Mu menyesheje ko vuba dufata Goma, abo yari yizeye bakamuvaho nabo.”

Kanyuka Lawrence uvugira ihuriro rya AFC nawe yatanze ubutumwa bugaragaza ko iri huriro riri mubihe byiza byo kwakira abanyamuryango bashya.

Kanyuka akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Tunejejwe no kubamenyesha ko Abayobozi bakuru ba UDPS, barimo bwana Ange Kalonji na André Kalonzo, binjiye muri Alliance Fleuve Congo. Ibyo babivugiye i Rutshuru ku wa Mbere 15/04/2024.”

Ubutumwa bwa Kanyuka bukomeza bugira buti: “Igihe kirageze ngo dushireho iherezo ubutegetsi bw’igitugu bwa bwana Tshilombo.”

              MCN
Tags: AFCTshisekediUbutumwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ubuzima bw’Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa muri Kivu y’Epfo, mu gihe hari hageze abasirikare ba kuru barimo na Lt General Masunzu.

Ubuzima bw'Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa muri Kivu y'Epfo, mu gihe hari hageze abasirikare ba kuru barimo na Lt General Masunzu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?