• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshilombo, yagenewe ubutumwa bukomeye bu mu kebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshilombo, yagenewe ubutumwa bukomeye bu mu kebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yahawe ubutumwa bumukebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa nuko ubutegetsi bwe bugiye gushirwaho iherezo.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangwa ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni ubutumwa bwatanzwe n’ubuyobozi bwa Alliance Fleuve Congo harimo nu bwatanzwe n’abaheruka kwiyunga kuri AFC bavuye mu ishyaka rya Perezida Félix Tshisekedi.

Ku wa Mbere w’iki Cyumweru turimo ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC rya kiriye abanyamuryango bavuye mu shyaka rya UDPS( ishyaka riri ku butegetsi i Kinshasa rya Perezida Félix Tshisekedi).

Muri abo harimo Ange Kalonji wari uhagarariye UDPS muri diaspora muri Amerika, Canada n’ahandi aho yazanye n’abandi benshi baje bava muri Amerika no mu Burayi.

Ibi byatumye abarimo Jaques Mamba wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi ishize aza kwiyunga kuri AFC aha ubutumwa Perezida Félix Tshisekedi ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.

Yagize ati: “Tshisekedi Tshilombo namenye neze ko asigaye wenyine, wenda azasigarana n’umuryango we gusa. Mu menyesheje ko vuba dufata Goma, abo yari yizeye bakamuvaho nabo.”

Kanyuka Lawrence uvugira ihuriro rya AFC nawe yatanze ubutumwa bugaragaza ko iri huriro riri mubihe byiza byo kwakira abanyamuryango bashya.

Kanyuka akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Tunejejwe no kubamenyesha ko Abayobozi bakuru ba UDPS, barimo bwana Ange Kalonji na André Kalonzo, binjiye muri Alliance Fleuve Congo. Ibyo babivugiye i Rutshuru ku wa Mbere 15/04/2024.”

Ubutumwa bwa Kanyuka bukomeza bugira buti: “Igihe kirageze ngo dushireho iherezo ubutegetsi bw’igitugu bwa bwana Tshilombo.”

              MCN
Tags: AFCTshisekediUbutumwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangwa ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangwa ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Ubuzima bw’Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa muri Kivu y’Epfo, mu gihe hari hageze abasirikare ba kuru barimo na Lt General Masunzu.

Ubuzima bw'Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa muri Kivu y'Epfo, mu gihe hari hageze abasirikare ba kuru barimo na Lt General Masunzu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?