Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshilombo, yagenewe ubutumwa bukomeye bu mu kebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshilombo, yagenewe ubutumwa bukomeye bu mu kebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yahawe ubutumwa bumukebura ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa nuko ubutegetsi bwe bugiye gushirwaho iherezo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni ubutumwa bwatanzwe n’ubuyobozi bwa Alliance Fleuve Congo harimo nu bwatanzwe n’abaheruka kwiyunga kuri AFC bavuye mu ishyaka rya Perezida Félix Tshisekedi.

Ku wa Mbere w’iki Cyumweru turimo ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC rya kiriye abanyamuryango bavuye mu shyaka rya UDPS( ishyaka riri ku butegetsi i Kinshasa rya Perezida Félix Tshisekedi).

Muri abo harimo Ange Kalonji wari uhagarariye UDPS muri diaspora muri Amerika, Canada n’ahandi aho yazanye n’abandi benshi baje bava muri Amerika no mu Burayi.

Ibi byatumye abarimo Jaques Mamba wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi ishize aza kwiyunga kuri AFC aha ubutumwa Perezida Félix Tshisekedi ko agiye gusigara wenyine muri leta ya Kinshasa.

Yagize ati: “Tshisekedi Tshilombo namenye neze ko asigaye wenyine, wenda azasigarana n’umuryango we gusa. Mu menyesheje ko vuba dufata Goma, abo yari yizeye bakamuvaho nabo.”

Kanyuka Lawrence uvugira ihuriro rya AFC nawe yatanze ubutumwa bugaragaza ko iri huriro riri mubihe byiza byo kwakira abanyamuryango bashya.

Kanyuka akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Tunejejwe no kubamenyesha ko Abayobozi bakuru ba UDPS, barimo bwana Ange Kalonji na André Kalonzo, binjiye muri Alliance Fleuve Congo. Ibyo babivugiye i Rutshuru ku wa Mbere 15/04/2024.”

Ubutumwa bwa Kanyuka bukomeza bugira buti: “Igihe kirageze ngo dushireho iherezo ubutegetsi bw’igitugu bwa bwana Tshilombo.”

              MCN
Tags: AFCTshisekediUbutumwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ubuzima bw’Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa muri Kivu y’Epfo, mu gihe hari hageze abasirikare ba kuru barimo na Lt General Masunzu.

Ubuzima bw'Abanyamulenge bukomeje guhonyorwa muri Kivu y'Epfo, mu gihe hari hageze abasirikare ba kuru barimo na Lt General Masunzu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?