• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo i Paris, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo  i Paris, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo mu gihugu cy’u Bufaransa, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye.

You might also like

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ni mukiganiro n’abanyamakuru umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo na perezida Emmanuel Macron, bagize ibindi bemezanya.

Nyuma y’uko Emmanuel Macron n’umudamu we bari bamaze kwa kira neza Tshisekedi n’umugore we Denise Nyankeru.

Nk’uko ibiro by’u mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo byatangaje bigize biti: “perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron n’u mugore we bakiriye Tshisekedi na Nyankeru.”

Mu biganiro abakuru b’ibihugu bagiranye mu muhezo harimo ubufatanye mu by’u mutekano, umuco, uburezi n’ibidukikije.

Emmanuel Macron w’u Bufaransa yavuze ko hari imishinga myinshi, igihugu cye kizakorana na RDC, harimo guteza imbere ibikorwa remezo mu mikono, kubaka urugemero rw’amashanyarazi rwa Inga, guteza imbere ibidukikije n’ibindi.

Iki gihugu cy’u Bufaransa cyemereye Congo Kinshasa kuzakomeza gukorana byahafi mu bijyanye no gutoza abasirikare barwanira mu ishyamba.

Hagati aho perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yahise atangaza ko yamaganye imitwe yose yitwaje imbunda, kandi ko hadakwiye kubaho kwitana ba mwana.

Yaboneyeho kwa magana M23, ndetse avuga ko yaganiriye na perezida w’u Rwanda Paul Kagame ku bijyanye n’uko u Rwanda ruhagarika gutera inkunga M23, no kuvana Ingabo rufite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Perezida Emmanuel Macron avuga kandi ko ashyigikiye ibiganiro kuko byafasha kugarura amahoro n’ubwumvikane mu Burasirazuba bwa RDC.

Tshisekedi Tshilombo we, yavuze ko yizeye neza ko u Bufaransa buzafasha RDC kubona amahoro kandi abashoramari babwo bagafasha iki gihugu gutera imbere harimo no kubaka ruriya rugomero rutanga amashyanyarazi rwa Inga.

            MCN.
Tags: Bagize ibindi mezanyaEmmanuel Macron w'u BufaransaMu BufatanyeTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho agace kazwiho ubutunzi kamere bw’amabuye y’agaciro ka Rubaya, karagenzurwa n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Bidasubirwaho agace kazwiho ubutunzi kamere bw'amabuye y'agaciro ka Rubaya, karagenzurwa n'ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?