Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo i Paris, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 1, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo  i Paris, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi mu rugendo arimo mu gihugu cy’u Bufaransa, mugenzi we w’iki gihugu Emmanuel Macron yagize ibyo amwemerera mu bufatanye.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni mukiganiro n’abanyamakuru umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo na perezida Emmanuel Macron, bagize ibindi bemezanya.

Nyuma y’uko Emmanuel Macron n’umudamu we bari bamaze kwa kira neza Tshisekedi n’umugore we Denise Nyankeru.

Nk’uko ibiro by’u mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo byatangaje bigize biti: “perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron n’u mugore we bakiriye Tshisekedi na Nyankeru.”

Mu biganiro abakuru b’ibihugu bagiranye mu muhezo harimo ubufatanye mu by’u mutekano, umuco, uburezi n’ibidukikije.

Emmanuel Macron w’u Bufaransa yavuze ko hari imishinga myinshi, igihugu cye kizakorana na RDC, harimo guteza imbere ibikorwa remezo mu mikono, kubaka urugemero rw’amashanyarazi rwa Inga, guteza imbere ibidukikije n’ibindi.

Iki gihugu cy’u Bufaransa cyemereye Congo Kinshasa kuzakomeza gukorana byahafi mu bijyanye no gutoza abasirikare barwanira mu ishyamba.

Hagati aho perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yahise atangaza ko yamaganye imitwe yose yitwaje imbunda, kandi ko hadakwiye kubaho kwitana ba mwana.

Yaboneyeho kwa magana M23, ndetse avuga ko yaganiriye na perezida w’u Rwanda Paul Kagame ku bijyanye n’uko u Rwanda ruhagarika gutera inkunga M23, no kuvana Ingabo rufite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Perezida Emmanuel Macron avuga kandi ko ashyigikiye ibiganiro kuko byafasha kugarura amahoro n’ubwumvikane mu Burasirazuba bwa RDC.

Tshisekedi Tshilombo we, yavuze ko yizeye neza ko u Bufaransa buzafasha RDC kubona amahoro kandi abashoramari babwo bagafasha iki gihugu gutera imbere harimo no kubaka ruriya rugomero rutanga amashyanyarazi rwa Inga.

            MCN.
Tags: Bagize ibindi mezanyaEmmanuel Macron w'u BufaransaMu BufatanyeTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho agace kazwiho ubutunzi kamere bw’amabuye y’agaciro ka Rubaya, karagenzurwa n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Bidasubirwaho agace kazwiho ubutunzi kamere bw'amabuye y'agaciro ka Rubaya, karagenzurwa n'ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?