• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.

minebwenews by minebwenews
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hashizweho komisiyo yo gukemura amakimbirane amaze imyaka ari hagati y’aba Teke na Yaka.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya RDC, L’agance Congolese de presse(ACP), byatangaje ko “bivuye ku itegeko ry’umukuru w’igihugu Félix Tshisekedi hashizweho komisiyo izakurikirana ikibazo kimaze imyaka hagati y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth i Mai-Ndombe, mu majyepfo ya Kinshasa.”

Ibi biro ntara makuru bya RDC, bivuga ko iyi komisiyo yashizweho ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize ikaba iyobowe na minisitiri w’u butegetsi bw’i gihugu bwana Peter Kazadi.

Mu nkuru ibi biro byashize hanze ku munsi w’ejo ivuga iti: “Umukuru w’igihugu yahaye ubu butumwa minisitiri Peter Kazadi, bugamije gukemura by’imbitse amakimbirane amaze imyaka ari hagati y’aba Teke na Yaka.”

Ikomeza ivuga ko “iyi komisiyo kandi ngwizaba irimo abatware bayoboye imiryango y’aba Teke na Yaka ndetse n’abandi banyacyubahiro bazava muri perezidansi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Minisitiri Peter Kazadi ubwe yabwiye ibi biro ntara makuru bya RDC, L’agance Congolese de presse ko bategetswe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, gukora ibishoboka bakagarura amahoro muri ibyo bice.

Ati: “Abantu benshi bamaze gupfira muri ayo makimbirane ya Teke na Yaka. Kuri ubwo turakora Kugira amahoro agaruke. “

Yakomeje agira ati: “Impande zishyamiranye zamaze gutanga ubusobanuro ku mvo y’ibibazo bamaranye imyaka myinshi. Hari nibyo bagiye basaba ko byo kemuka mu maguru mashya, nka ba Yaka basaba ko ababo bafunzwe borekurwa, basaba kandi ko mu gace kabo ko hozanwa abasirikare abapolisi bahari bakahavanwa.”

“Ibikorwa remezo byagiye byangirika igihe cy’intambara, basaba leta ku bisana. Mu gihe Teke bo basaba ko hashirwaho iperereza ry’imbitse ku moko yombi bafashijwe na leta abakoze amabi bakabiryozwa. Basaba kandi ko abahohotewe bagomba guhabwa indishyi za kababaro.”

Bizwi ko amakimbirane y’aba Teke na Yaka yongeye gukaza umurego ahagana mu mwaka w’ 2017 ni mu gihe yatangiye mu myaka ibarirwa mu icumi irenga ishize.

              MCN.
Tags: Izakemura amakimbiraneKwamouthTshisekediYa Teke na Yaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Salva Kiir wa Sudan y'Epfo, akaba n'umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n'umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?