• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasezeranyije Wazalendo ibintu bikaze.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasezeranyije Wazalendo ibintu bikaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyaganiriweho i Kinshasa, hagati ya Wazalendo n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu kiganiro gikaze cyabereye ku murwa mukuru, i Kinshasa tariki ya 14/04/2024, gihuje perezida Félix Tshisekedi na Wazalendo baturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.

Kuva ku itariki ya 13/04/2024, nibwo ku mbuga nkoranya mbaga hacyicibikanye amakuru avuga ko perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi ko yatumije Wazalendo ku mwitaba i Kinshasa mu rwego rwo kugira ngo baganire ku mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ay’amakuru yavugaga ko Wazalendo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru baserukiwe n’abarimo komanda Guidon, Kirikicho, Freddy, Kingi na Machaano.

Mu gihe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ho, bari baserukiwe n’abarimo umusirikare w’u mokomanda wo kwa General William Yakutumba n’undi waserukiye Maï Maï iyobowe na Colonel Mutetezi.

Ubutumwa bumaze gutangwa numwe muri Wazalendo buvuga ko ibiganiro byahuje Tshisekedi na Wazalendo ko byabaye ku Cyumweru tariki ya 14/04/2024, ko kandi ibyo biganiro byabaye igihe c’isaha z’ijoro. Yavuze kandi ko ibyo biganiro byabayemo n’abaminisitiri barimo na minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo.

Nk’uko uyu Mzalendo yabihishuye yavuze ko uwo mubonano wa Tshisekedi na Wazalendo, Tshisekedi yongeye kugira ibindi asezeranya Wazalendo birimo ko agiye kubashira mu nzego z’ubutegetsi hejuru mu rwego rwo kubashimira kuko bamufashije ku rwanya M23.

Muri izo nzego yavuze ko bazahabwa imyamya muri Minisiteri z’ubutegetsi, kuyobora inzego z’u mutekano, DGM na ANR.

Umwaka ushize ubwo Tshisekedi yarimo yiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu yari yasezeranyije Wazalendo kuzayobora operasiyo zo kurwanya M23 ndetse abemerera no kuzahabwa umushahara (saraly) waburi kwezi. Ibi ntacyigeze gikorwa kuko inzara n’ubukene biri mubituma Wazalendo bashinjwa ubwicanyi buri gukorerwa abasivile i Goma.

Muri icyo kiganiro cya perezida Félix Tshisekedi na Wazalendo, umukuru w’igihugu yasabye Wazalendo kwitwara neza ababwira ko ibihugu bikomeye byo ku mugabane w’u Burayi n’Amerika bishaka ku gurishya Congo. Bityo ko Wazalendo bagomba kuba maso bakarwanirira igihugu cyabo.

        MCN.
Tags: ibiganiroKinshasaTshisekedi TshilomboYasezeranyije Wazalendo ibintu bikaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Rwongeye kwa mbikana hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na M23, birangira FARDC n’abambari bayo bayabangiye ingata.

Rwongeye kwa mbikana hagati y'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na M23, birangira FARDC n'abambari bayo bayabangiye ingata.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?