• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasezeranyije Wazalendo ibintu bikaze.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasezeranyije Wazalendo ibintu bikaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyaganiriweho i Kinshasa, hagati ya Wazalendo n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni mu kiganiro gikaze cyabereye ku murwa mukuru, i Kinshasa tariki ya 14/04/2024, gihuje perezida Félix Tshisekedi na Wazalendo baturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.

Kuva ku itariki ya 13/04/2024, nibwo ku mbuga nkoranya mbaga hacyicibikanye amakuru avuga ko perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi ko yatumije Wazalendo ku mwitaba i Kinshasa mu rwego rwo kugira ngo baganire ku mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ay’amakuru yavugaga ko Wazalendo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru baserukiwe n’abarimo komanda Guidon, Kirikicho, Freddy, Kingi na Machaano.

Mu gihe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ho, bari baserukiwe n’abarimo umusirikare w’u mokomanda wo kwa General William Yakutumba n’undi waserukiye Maï Maï iyobowe na Colonel Mutetezi.

Ubutumwa bumaze gutangwa numwe muri Wazalendo buvuga ko ibiganiro byahuje Tshisekedi na Wazalendo ko byabaye ku Cyumweru tariki ya 14/04/2024, ko kandi ibyo biganiro byabaye igihe c’isaha z’ijoro. Yavuze kandi ko ibyo biganiro byabayemo n’abaminisitiri barimo na minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba Gombo.

Nk’uko uyu Mzalendo yabihishuye yavuze ko uwo mubonano wa Tshisekedi na Wazalendo, Tshisekedi yongeye kugira ibindi asezeranya Wazalendo birimo ko agiye kubashira mu nzego z’ubutegetsi hejuru mu rwego rwo kubashimira kuko bamufashije ku rwanya M23.

Muri izo nzego yavuze ko bazahabwa imyamya muri Minisiteri z’ubutegetsi, kuyobora inzego z’u mutekano, DGM na ANR.

Umwaka ushize ubwo Tshisekedi yarimo yiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu yari yasezeranyije Wazalendo kuzayobora operasiyo zo kurwanya M23 ndetse abemerera no kuzahabwa umushahara (saraly) waburi kwezi. Ibi ntacyigeze gikorwa kuko inzara n’ubukene biri mubituma Wazalendo bashinjwa ubwicanyi buri gukorerwa abasivile i Goma.

Muri icyo kiganiro cya perezida Félix Tshisekedi na Wazalendo, umukuru w’igihugu yasabye Wazalendo kwitwara neza ababwira ko ibihugu bikomeye byo ku mugabane w’u Burayi n’Amerika bishaka ku gurishya Congo. Bityo ko Wazalendo bagomba kuba maso bakarwanirira igihugu cyabo.

        MCN.
Tags: ibiganiroKinshasaTshisekedi TshilomboYasezeranyije Wazalendo ibintu bikaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Rwongeye kwa mbikana hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na M23, birangira FARDC n’abambari bayo bayabangiye ingata.

Rwongeye kwa mbikana hagati y'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na M23, birangira FARDC n'abambari bayo bayabangiye ingata.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?