• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi bibi avuga ku wahoze ari umukuru w’igihugu cya RDC, Joseph Kabila.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi bibi avuga ku wahoze ari umukuru w’igihugu cya RDC, Joseph Kabila.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yagize ibindi bibi avuga ku wahoze ari umukuru w’igihugu cya RDC, Joseph Kabila.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Nibyo Tshisekedi yatangaje nyuma y’uko yari amaze koroherwa ari i Bruxelles mu Bubiligi ubwo yajaga muri ambasade ya Congo iri muri iki gihugu cy’u Bubiligi avuga ko Joseph Kabila ari umwe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC.

Muri iki kiganiro Tshisekedi yagize ati: “Ndabizi neza, Joseph Kabila ni umwe na M23 ashigikiye Corneille Nangaa. Simbahisha tuzahangana kandi nzamutsinda.”

Ubwo yarimo akora iki kiganiro, ntiyanahwemye kandi kongera gushimangira ko atazigera narimwe yicarana na M23 ngo baganire nayo.

Ati: “Nta narimwe bizigera biba. Ntabwo nakwicarana na M23 ni abicanyi ndetse kandi ni umutwe w’iterabwoba.”

Yanaboneyeho kandi gushinja ubutegetsi bwa Kigali kwica abaturage ba Repubulika ya demokarasi ya Congo. Nk’uko abyivugira yavuze ko ingabo z’u Rwanda zihisha muri M23 zikicya Abanyekongo.

Iki kiganiro yakoreye muri ambasade ya Congo iri mu Bubiligi, yagikoze mu gihe yari amaze igihe arwariye muri iki gihugu, nk’uko byavuzwe n’umuvugizi we, Tina Salama akoresheje urubuga rwa x yatangaje ko Tshisekedi ameze neza kandi ko yiteguye gusubira mu gihugu.

Tshisekedi yashinje Joseph Kabila gukorana byahafi n’umutwe wa M23 mu gihe bigize igihe bivugwa ko uyu wigezeho kuyobora igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko ari gukurikirana ibyamashuri ye mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

Ndetse akaba atanaheruka mu gihugu cya RDC.

Ibi akaba atari igishitsi kuko mu magambo amenyerewe ya perezida Félix Tshisekedi akunze kwibasira abo batavuga rumwe ndetse kandi akibasira n’ubutegetsi bwa Kigali cyane, kandi ahanini akunze ku bigarukaho mu gihe M23 iba yagize ibice byinshi yigarurira mu Burasirazuba bwa RDC.

Dore ko anabigarutseho nyuma y’iminsi ibiri gusa M23 yigaruririye agace ka Ishasha agahereyemo umupaka uhuza RDC na Uganda, ndetse kandi ikaba yarafashe Grupema ya Binza yose yo muri teritware ya Rutshuru.

              MCN.
Tags: AFCArashinja KabilaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Elie Mpojeje wigeze gufatwa matekwa na Maï Maï yavuze uko yarokotse.

Elie Mpojeje wigeze gufatwa matekwa na Maï Maï yavuze uko yarokotse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?