• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Félix Tshisekedi, yaje k’ubutegetsi asa n’ushaka kuzana iterambere ry’igihugu cye ndetse asa n’ufitiye igihugu ishaka, ibi n’ibyavuzwe n’Abasesenguzi.

minebwenews by minebwenews
November 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubusesenguzi bwatanzwe na Me. ALEXIS RUKARA, aho yavuze k’umiyoborere ya perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yabanjye asobanura ko perezida Félix Tshisekedi, ari umuntu ukomeye mubakuru b’i bihugu bayoboye Republika ya Demokarasi ya Congo. Ko kandi Tshisekedi, arimunini K’ubwoko bwose buturiye iki gihugu kiza k’umwanya wa Kabiri k’ubunini muri Afrika.

Yagize ati: “Ese, perezida Félix Tshisekedi, nimuntu ki? Muburyo buziguye Tshisekedi ni umuntu ugaragaraho gucabugufi nokunva i Nama ndetse agaragara nk’umukorana bushake ushaka kubona impinduka nziza ku Gihuguce munzira y’iterambere .”

Alexis Rukara yakomeje agira ati: “Perezida Félix Tshisekedi, har’inzitizi yahuye nazo rugikubita: 1, yahuriranye n’uruvangitirane rwa politike ishingiye k’ubusambo n’ubusahuzi bwabamwe mubaribasazwe muri Guverinoma zagiye zimubanziriza. 2, yongera guhurirana n’intambara zindendeke zishingiye kwirondakoko rikorerwa banyamuke(harimo abatutsi, abahema n’abandi ). 3, Tshisekedi Kandi yahuriranye n’Abazungu basahura imitungo kamere y’igihugu, bishingikirije imitwe amagana y’itwaje imbunda itabirekuriwe( bitemewe namategeko), ibi rero byahinduriye perezida Félix Tshisekedi, umurongo w’ibitekerezo.”

“Niki cyaba gituma Perezida Félix Tshisekedi, yongera kunvako yayobora indi manda mugihe yagombaga kwegura bitewe n’uko imbereye hakiribibazo bikomeye?”

“Ese aremera aganire n’a M23 kugirango ba tunganye ibibazo twavuze haruguru ? Ese iby’uko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bushaka kw’irukana ingabo z’u muryango wa EAC akiyegereza SADC byo biramuhira ?….

Tuzabigarukaho ubutaha na Me. Alexis Rukara.

Perezida Félix Tshisekedi, akimara kugera k’ubutegetsi, yagaragaje ko ashaka ibikorwa bizanira igihugu ce n’abaturanyi inyungu:

Kw’ikubitiro yiyambaje perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, amuganiriza kwagura umushinga wa Rwanda Airlways, wari umushinga wagura ubucuruzi k’u bihugu byombi. Gusa uyu mushinga waje guhagarara bivuye k’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Tshisekedi kandi yageze i Bujumbura asaba mugenziwe perezida Evariste Ndayishimiye, kobafatanya na Tanzania bagakora Umuhanda wa Gali ya Moshi (Train), wari guhera Tanzania, Bujumbura na RDC ,unyuze Uvira ukagera i Misisi mubice bya teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ndetse ukazgera na Lubumbashi unyuze i Kalemi, muri RDC.

Na none kandi Tshisekedi yaganirije perezida wa Uganda, Kuguta Museveni, ko bafatanya bakubaka amazu akomeye y’ubucuruzi mubice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru harimo kuzubaka n’u Muhanda mwiza uzahuza Uganda na Congo.

Ibi byose bisa nibyahekeye munzira, hubwo perezida Félix Tshisekedi, yahise y’ihutira gutangaza ko hari abashaka gukora Balkanisation ku gihugu ca RDC, ibi byaje guhindura imishinga ya Tshisekedi mukarere maze umwuka mubi urabica biracika M’uburasirazuba bwa RDC.

By Bruce Bahanda.

Tags: Ubusesenguzi kuri perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za SAMIDRC, ngozaba ziteguye koherezwa M'uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y'i Nama iteguwe kuri uyu wa Gatandatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?