• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Félix Tshisekedi, yaje k’ubutegetsi asa n’ushaka kuzana iterambere ry’igihugu cye ndetse asa n’ufitiye igihugu ishaka, ibi n’ibyavuzwe n’Abasesenguzi.

minebwenews by minebwenews
November 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubusesenguzi bwatanzwe na Me. ALEXIS RUKARA, aho yavuze k’umiyoborere ya perezida Félix Tshisekedi.

Yabanjye asobanura ko perezida Félix Tshisekedi, ari umuntu ukomeye mubakuru b’i bihugu bayoboye Republika ya Demokarasi ya Congo. Ko kandi Tshisekedi, arimunini K’ubwoko bwose buturiye iki gihugu kiza k’umwanya wa Kabiri k’ubunini muri Afrika.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Yagize ati: “Ese, perezida Félix Tshisekedi, nimuntu ki? Muburyo buziguye Tshisekedi ni umuntu ugaragaraho gucabugufi nokunva i Nama ndetse agaragara nk’umukorana bushake ushaka kubona impinduka nziza ku Gihuguce munzira y’iterambere .”

Alexis Rukara yakomeje agira ati: “Perezida Félix Tshisekedi, har’inzitizi yahuye nazo rugikubita: 1, yahuriranye n’uruvangitirane rwa politike ishingiye k’ubusambo n’ubusahuzi bwabamwe mubaribasazwe muri Guverinoma zagiye zimubanziriza. 2, yongera guhurirana n’intambara zindendeke zishingiye kwirondakoko rikorerwa banyamuke(harimo abatutsi, abahema n’abandi ). 3, Tshisekedi Kandi yahuriranye n’Abazungu basahura imitungo kamere y’igihugu, bishingikirije imitwe amagana y’itwaje imbunda itabirekuriwe( bitemewe namategeko), ibi rero byahinduriye perezida Félix Tshisekedi, umurongo w’ibitekerezo.”

“Niki cyaba gituma Perezida Félix Tshisekedi, yongera kunvako yayobora indi manda mugihe yagombaga kwegura bitewe n’uko imbereye hakiribibazo bikomeye?”

“Ese aremera aganire n’a M23 kugirango ba tunganye ibibazo twavuze haruguru ? Ese iby’uko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bushaka kw’irukana ingabo z’u muryango wa EAC akiyegereza SADC byo biramuhira ?….

Tuzabigarukaho ubutaha na Me. Alexis Rukara.

Perezida Félix Tshisekedi, akimara kugera k’ubutegetsi, yagaragaje ko ashaka ibikorwa bizanira igihugu ce n’abaturanyi inyungu:

Kw’ikubitiro yiyambaje perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, amuganiriza kwagura umushinga wa Rwanda Airlways, wari umushinga wagura ubucuruzi k’u bihugu byombi. Gusa uyu mushinga waje guhagarara bivuye k’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Tshisekedi kandi yageze i Bujumbura asaba mugenziwe perezida Evariste Ndayishimiye, kobafatanya na Tanzania bagakora Umuhanda wa Gali ya Moshi (Train), wari guhera Tanzania, Bujumbura na RDC ,unyuze Uvira ukagera i Misisi mubice bya teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ndetse ukazgera na Lubumbashi unyuze i Kalemi, muri RDC.

Na none kandi Tshisekedi yaganirije perezida wa Uganda, Kuguta Museveni, ko bafatanya bakubaka amazu akomeye y’ubucuruzi mubice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru harimo kuzubaka n’u Muhanda mwiza uzahuza Uganda na Congo.

Ibi byose bisa nibyahekeye munzira, hubwo perezida Félix Tshisekedi, yahise y’ihutira gutangaza ko hari abashaka gukora Balkanisation ku gihugu ca RDC, ibi byaje guhindura imishinga ya Tshisekedi mukarere maze umwuka mubi urabica biracika M’uburasirazuba bwa RDC.

By Bruce Bahanda.

Tags: Ubusesenguzi kuri perezida Félix Tshisekedi

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Ingabo za SAMIDRC, ngozaba ziteguye koherezwa M'uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y'i Nama iteguwe kuri uyu wa Gatandatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?