• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Félix Tshisekedi yanenze imyitwarire yabasirikare baheruka kugaragaza ubwo barimo bahagarika imyigaragambyo.

minebwenews by minebwenews
September 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi, yanenze imyitwarire yabasirikare baheruka kugaragaza ubwo barimo bahagarika imyigaragambyo simusiga yari yateguwe na Wazalendo i Goma. Bariya basirikare ba leta ya Kinshasa bivugwa ko bishe abantu 48 muriyo myigaragambyo iheruka kuba i Goma, yari myigaragambyo yakozwe na bo mwitsinda rya Wazalendo Aho barimo bamagana ingabo z’umuryango wa b’Ibumbye (Monusco) n’ingabo zakarere ka Afrika y’uburasizuba (EACRF).

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Iyi myigaragambyo yakozwe tariki 30/08/2023, aho aba bayikoze bitanzwe mbere yuko b’injira mugikorwa nyirizina nkuko ayamakuru twayahawe na baturage baturiye ibyo bice bya Goma.

Mu makuru yizewe avuga ko aba Wazalendo bamaze kwakirwa na Guverinoma ya Kinshasa ahagana mumpera zukwezi kwa Kane uyu mwaka bahise bashinga urusengero ndetse bakora na Radio banyuzagamo amatangazo anyuranye nibyo leta ishaka.

Ubwo aba Wazalendo bategura ga imyigaragambyo muriki Cyumweru gishize Meya w’umujyi wa Goma yamaganye iyo myigaragambyo aha niho ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu ca RDC zahawe amabwiriza yoguhagarika iyo myigaragambyo arinabwo harashwe Wazalendo umunsi nyirizina w’imyigaragambyo abapfuye bakaba batavugwa ho rumwe nimugihe abaturage bo bavuga ko hapfuye abarenga 100 naho mw’itangazo leta yashize hanze rivuga ko hishwe Wazalendo 48. Abakomeretse bo bivugwa ko arabantu 50 basaga. Abafashwe barafungwa bo byemezwa kwarabantu 158.

Mwijambo umukuru w’igihugu ca RDC Félix Tshisekedi, yashikirije abanyamakuru kumunsi w’ejo yavuze ko asabye Minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde na Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, ko bagomba gukora ibishoboka byose abasirikare bahagaritse imyigaragambyo muburyo bunyuranyije na mategeko ko bagomba kubiryozwa asaba kandi ko ukuri kwibyabaye byose muriyo myigaragambyo kugomba kumenyekana.

Ibi bibaye mugihe Wazalendo bari bamaganye leta ya Kinshasa ko yishe abaturage banongeraho ko iyi leta ya Kinshasa ko yananiwe kurwanya umutwe wa M23 ngo bakaba bahindukiriye kwica Abaturage.

Bagize bati: “Biteye isoni, kubona ingabo za FARDC zananiwe kurwanya M23 ariko bakaba biroshe mubuturage barabica abo bagakwiye kurinda.”

Ibi Wazalendo babyandikiye ishyaka rya UDPS, ishaka riri kubutegetsi muri Republika ya Democrasi ya Congo.

By Bruce Bahanda.

Tariki 02/09/2023.

Tags: Perezida Félix Tshisekedi yanenze imyitwarire yabasirikare baheruka kugaragaza ubwo barimo bahagarika imyigaragambyoWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Mu Muhango wo gusezerera abasirikare bakuru bagiye mukiruhoko cyizabukuru James Kabarebe yashimiye perezida Paul Kagame ashima na RDF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?