• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Félix Tshisekedi yanenze imyitwarire yabasirikare baheruka kugaragaza ubwo barimo bahagarika imyigaragambyo.

minebwenews by minebwenews
September 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi, yanenze imyitwarire yabasirikare baheruka kugaragaza ubwo barimo bahagarika imyigaragambyo simusiga yari yateguwe na Wazalendo i Goma. Bariya basirikare ba leta ya Kinshasa bivugwa ko bishe abantu 48 muriyo myigaragambyo iheruka kuba i Goma, yari myigaragambyo yakozwe na bo mwitsinda rya Wazalendo Aho barimo bamagana ingabo z’umuryango wa b’Ibumbye (Monusco) n’ingabo zakarere ka Afrika y’uburasizuba (EACRF).

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Iyi myigaragambyo yakozwe tariki 30/08/2023, aho aba bayikoze bitanzwe mbere yuko b’injira mugikorwa nyirizina nkuko ayamakuru twayahawe na baturage baturiye ibyo bice bya Goma.

Mu makuru yizewe avuga ko aba Wazalendo bamaze kwakirwa na Guverinoma ya Kinshasa ahagana mumpera zukwezi kwa Kane uyu mwaka bahise bashinga urusengero ndetse bakora na Radio banyuzagamo amatangazo anyuranye nibyo leta ishaka.

Ubwo aba Wazalendo bategura ga imyigaragambyo muriki Cyumweru gishize Meya w’umujyi wa Goma yamaganye iyo myigaragambyo aha niho ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu ca RDC zahawe amabwiriza yoguhagarika iyo myigaragambyo arinabwo harashwe Wazalendo umunsi nyirizina w’imyigaragambyo abapfuye bakaba batavugwa ho rumwe nimugihe abaturage bo bavuga ko hapfuye abarenga 100 naho mw’itangazo leta yashize hanze rivuga ko hishwe Wazalendo 48. Abakomeretse bo bivugwa ko arabantu 50 basaga. Abafashwe barafungwa bo byemezwa kwarabantu 158.

Mwijambo umukuru w’igihugu ca RDC Félix Tshisekedi, yashikirije abanyamakuru kumunsi w’ejo yavuze ko asabye Minisitiri w’intebe Michel Sama Lukonde na Minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, ko bagomba gukora ibishoboka byose abasirikare bahagaritse imyigaragambyo muburyo bunyuranyije na mategeko ko bagomba kubiryozwa asaba kandi ko ukuri kwibyabaye byose muriyo myigaragambyo kugomba kumenyekana.

Ibi bibaye mugihe Wazalendo bari bamaganye leta ya Kinshasa ko yishe abaturage banongeraho ko iyi leta ya Kinshasa ko yananiwe kurwanya umutwe wa M23 ngo bakaba bahindukiriye kwica Abaturage.

Bagize bati: “Biteye isoni, kubona ingabo za FARDC zananiwe kurwanya M23 ariko bakaba biroshe mubuturage barabica abo bagakwiye kurinda.”

Ibi Wazalendo babyandikiye ishyaka rya UDPS, ishaka riri kubutegetsi muri Republika ya Democrasi ya Congo.

By Bruce Bahanda.

Tariki 02/09/2023.

Tags: Perezida Félix Tshisekedi yanenze imyitwarire yabasirikare baheruka kugaragaza ubwo barimo bahagarika imyigaragambyoWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

Mu Muhango wo gusezerera abasirikare bakuru bagiye mukiruhoko cyizabukuru James Kabarebe yashimiye perezida Paul Kagame ashima na RDF.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?