• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni amakuru yashizwe hanze n’ibiro bya perezida wa Angola aho byatangaje ko João Lourenço yeretse umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’uwu Rwanda icyazana amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa RDC.

Nibyo yaganirije aba bayobozi b’ibihugu byombi mu ruzinduko aheruka kugirira i Kigali n’i Kinshasa ku Cyumweru no ku wa Mbere w’iki Cyumweru.

Ibi biro bya perezida wa Angola byanatangaje ko ibihugu byombi bifite gusesengura ibyagaragarijwe abakuru b’ibihugu byombi, maze ngo mu minsi mike iri mbere ibi Bihugu bikazahura kugira ngo bibashye kunoza ibyo basabwe.

Gusa iyi perezidansi ya Angola ntiyagaragaje neza ibyo João Lourenço yagaragarije aba bayobozi bombi.

Perezida wa Angola João Lourenço yabashije kugeza u Rwanda na RDC ku masezerano y’agahenge mu mirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kandi Tshisekedi na Lourenço bashimye ko birimo kubahirizwa, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, ibyo u Rwanda rwagiye ruhakana kenshi, hubwo rugashinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

Umutwe wa M23 ugaragaza imbaraga zidasanzwe kurusha iy’indi mitwe irwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko byagiye bigaragazwa n’umuryango w’Abibumbye.

Ntibizwi niba ibyo Lourenço yagaragarije perezida w’u Rwanda ku Cyumweru na Tshisekedi ku wa Mbere bireba no kurandura imitwe yindi yose ibangamiye amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Ku bwumvikane bwa Kinshasa na Bujumbura byohereje ingabo zabyo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurandura imitwe ibarwanya, ariko kugeza ubu iyo mitwe iracyumvikana mu bikorwa by’ubwicanyi bya hato na hato.

Umutwe wa M23 uvuga ko ubu wafashe ibice byinshi muri Masisi na Rutshuru byari ibirindiro by’inyeshamba za FDLR zirwanya u Rwanda.

Mu byatangajwe na M23, nubwo ishima umuhate wo kugarura amahoro, ivuga ko itarebwa n’ibiganiro bya Luanda kuko itabitumiwemo, yo isaba ibiganiro bitaziguye na leta ya Kinshasa.

Perezida Tshisekedi we yavuze ko atazigera aganira na M23 kuko ari u Rwanda ruyiri inyuma.

                MCN.
Tags: Lourenço JoãoMu Burasirazuba bwa RDCPaul KagameTshisekediYabagaragarije icyazana amahoro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b'ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?