• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.

Ni amakuru yashizwe hanze n’ibiro bya perezida wa Angola aho byatangaje ko João Lourenço yeretse umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’uwu Rwanda icyazana amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa RDC.

READ ALSO

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

Nibyo yaganirije aba bayobozi b’ibihugu byombi mu ruzinduko aheruka kugirira i Kigali n’i Kinshasa ku Cyumweru no ku wa Mbere w’iki Cyumweru.

Ibi biro bya perezida wa Angola byanatangaje ko ibihugu byombi bifite gusesengura ibyagaragarijwe abakuru b’ibihugu byombi, maze ngo mu minsi mike iri mbere ibi Bihugu bikazahura kugira ngo bibashye kunoza ibyo basabwe.

Gusa iyi perezidansi ya Angola ntiyagaragaje neza ibyo João Lourenço yagaragarije aba bayobozi bombi.

Perezida wa Angola João Lourenço yabashije kugeza u Rwanda na RDC ku masezerano y’agahenge mu mirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kandi Tshisekedi na Lourenço bashimye ko birimo kubahirizwa, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa RDC.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, ibyo u Rwanda rwagiye ruhakana kenshi, hubwo rugashinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

Umutwe wa M23 ugaragaza imbaraga zidasanzwe kurusha iy’indi mitwe irwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko byagiye bigaragazwa n’umuryango w’Abibumbye.

Ntibizwi niba ibyo Lourenço yagaragarije perezida w’u Rwanda ku Cyumweru na Tshisekedi ku wa Mbere bireba no kurandura imitwe yindi yose ibangamiye amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Ku bwumvikane bwa Kinshasa na Bujumbura byohereje ingabo zabyo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurandura imitwe ibarwanya, ariko kugeza ubu iyo mitwe iracyumvikana mu bikorwa by’ubwicanyi bya hato na hato.

Umutwe wa M23 uvuga ko ubu wafashe ibice byinshi muri Masisi na Rutshuru byari ibirindiro by’inyeshamba za FDLR zirwanya u Rwanda.

Mu byatangajwe na M23, nubwo ishima umuhate wo kugarura amahoro, ivuga ko itarebwa n’ibiganiro bya Luanda kuko itabitumiwemo, yo isaba ibiganiro bitaziguye na leta ya Kinshasa.

Perezida Tshisekedi we yavuze ko atazigera aganira na M23 kuko ari u Rwanda ruyiri inyuma.

                MCN.
Tags: Lourenço JoãoMu Burasirazuba bwa RDCPaul KagameTshisekediYabagaragarije icyazana amahoro

Related Posts

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania
Regional Politics

Abarundi babarirwa mu magana babujijwe gukomeza urugendo, bafungirwa ku mupaka wa Tanzania

September 8, 2026
Next Post
Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b’ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

Havuzwe amakuru atari meza, avuga ko abafana b'ikipe yo mu Rwanda bakoze impanuka ikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?