Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanduye COVID-19.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 18, 2024
in Uncategorized
0
Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanduye COVID-19.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanduye COVID-19.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni amakuru yatangajwe bwa mbere n’ibiro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (White House) bivuga ko Joe Biden yapimwe COVID-19, tariki ya 17/07/2024, ubwo yaragiye mu bikorwa byo kwiyamamaza i Las Vegas bakayimusangamo.

Gusa, ibi biro bivuga ko bamusanganye ibimenyetso bya COVID-19 bidakabije.

Umunyamabanga ushinzwe ibijanye n’itumanaho Karine Jean Pierre, yavuze ko Biden yahise asabwa gusubira murugo iwe i Delaware, ashyirwa mu kato kugira ariho akomereza akazi ke.

Ay’amakuru agiye hanze mu gihe yari yabanje gutangazwa mbere na perezida akaba n’umuyobozi mukuru wa Inidos muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Janet Murguia, wari wabwiye abashyitsi bari mu ikoraniro ryaho bari bateraniye i Las Vegas ko perezida yamaze koherezwa kandi ko bicuza kuba atagishoboye kugaragara nk’uko byari biteganyijwe kubera ko yasanzwe yamaze kwandura.

Umuganga ushinzwe gukurikirana ubuzima bwa perezida Joe Biden, Dr O’Connor yavuze ko Biden ku gicamunsi yari yabanje kugaragaza ibimenyetso birimo guhumeka no gukorora bidasanzwe.

Dr Kevin O’Connor yakomeje avuga ko nyuma yo gupimwa COVID-19, bihutiye kumuha imiti igabanya ubukana ya Paxlovid kandi yatangiye kuyinywa.

Uyu mukuru w’igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika byari bitaganijwe ko mu birori bya Inidos byabereye i Las Vegas ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu mu rwego rwo guhuza abazamutora yiyamamaza mbere y’amatora yo mu kwezi kwa Cumi n’abiri uyu mwaka. Ibi ntibyabaye nk’uko byari bitaganijwe kuko yahise asubizwa iwe murugo i Rehoboth beach, aho azamara iminsi irindwi yitabwaho n’abaganga.

              MCN.
Tags: COVID-19Joe BidenYanduye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Indorerezi zagize icyo zivuga ku matora yabaye mu Rwanda kandi zishimira n’inzego z’u mutekano.

Indorerezi zagize icyo zivuga ku matora yabaye mu Rwanda kandi zishimira n'inzego z'u mutekano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?