• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

minebwenews by minebwenews
October 30, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Mu nama iri kubera i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi ya COMESA, perezida w’u Rwanda Paul Kagame yahagarariwe na minisiteri w’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi.

Iy’inama ibaye ku nshuro ya 23 y’abakuru b’ibihugu byo mu muryango wa COMESA.
Ibikorwa by’iyi nama byatangiye ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tariki ya 29/10/2024.

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda yatangaje ko minisitiri Prudence Sebahizi ari i Bujumbura yahagarariye umukuru w’igihugu cyabo mu nama ya COMESA.

Iyi minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yanavuze ko iyi nama y’abakuru b’ibihugu yabanjirijwe n’iy’abaminisitiri b’ubanye n’amahanga bo mu bihugu bigize uwo muryango wa COMESA.

Iyi nama y’abakuru b’ibihugu bihuriye mu muryango w’isoko rusange ry’ibihugu bya Afrika y’iburasirazuba n’amajyepfo (COMESA), ifite insanganyamatsiko iganisha ku kwihutisha intego z’umuryango binyuze mu iterambere ryo kongerera agaciro umusaruro ukomoka ku buhinzi, ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro n’ubukerarugendo.

Minisitiri y’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi yahagarariye umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, mu gihe ku munsi w’ejo hashize i Bujumbura hagaragaye ifoto ihamanitse ya perezida Paul Kagame.

Ni ifoto yari iherekejwe n’ubutumwa bwanditse, bugira buti: “Perezida Paul Kagame w’u Rwanda uhawe ikaze mu Burundi.”

Pacifique Nininahazwe, uvugira abarundi baba bari mu kaga, yatanze ubutumwa agaragaza ko perezida w’u Rwanda ari we wenyine i foto ye yamanitswe hejuru, anahabwa ikaze mu Burundi mu nama icyo gihugu cyakiriye y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa COMESA.

Kimweho, nubwo Abarundi bagaragaje ko bishimiye kwakira perezida w’u Rwanda mu nama ya COMESA, ariko nanone ku wa kabiri byari byamaze kumenyekana ko Kagame atazayitabira kwa hubwo azahagarirwa na minisitiri w’ubucuruzi n’inganda.

Tags: BujumburaCOMESAKagamePrudence SebahiziYahagarariwe
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yagize icyo ikora kubasirikare bayo bafashe abagore ku ngufu mu Minembwe.

FARDC yagize icyo ikora kubasirikare bayo bafashe abagore ku ngufu mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?