• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

minebwenews by minebwenews
October 30, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Mu nama iri kubera i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi ya COMESA, perezida w’u Rwanda Paul Kagame yahagarariwe na minisiteri w’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi.

Iy’inama ibaye ku nshuro ya 23 y’abakuru b’ibihugu byo mu muryango wa COMESA.
Ibikorwa by’iyi nama byatangiye ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tariki ya 29/10/2024.

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu Rwanda yatangaje ko minisitiri Prudence Sebahizi ari i Bujumbura yahagarariye umukuru w’igihugu cyabo mu nama ya COMESA.

Iyi minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yanavuze ko iyi nama y’abakuru b’ibihugu yabanjirijwe n’iy’abaminisitiri b’ubanye n’amahanga bo mu bihugu bigize uwo muryango wa COMESA.

Iyi nama y’abakuru b’ibihugu bihuriye mu muryango w’isoko rusange ry’ibihugu bya Afrika y’iburasirazuba n’amajyepfo (COMESA), ifite insanganyamatsiko iganisha ku kwihutisha intego z’umuryango binyuze mu iterambere ryo kongerera agaciro umusaruro ukomoka ku buhinzi, ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro n’ubukerarugendo.

Minisitiri y’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi yahagarariye umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, mu gihe ku munsi w’ejo hashize i Bujumbura hagaragaye ifoto ihamanitse ya perezida Paul Kagame.

Ni ifoto yari iherekejwe n’ubutumwa bwanditse, bugira buti: “Perezida Paul Kagame w’u Rwanda uhawe ikaze mu Burundi.”

Pacifique Nininahazwe, uvugira abarundi baba bari mu kaga, yatanze ubutumwa agaragaza ko perezida w’u Rwanda ari we wenyine i foto ye yamanitswe hejuru, anahabwa ikaze mu Burundi mu nama icyo gihugu cyakiriye y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa COMESA.

Kimweho, nubwo Abarundi bagaragaje ko bishimiye kwakira perezida w’u Rwanda mu nama ya COMESA, ariko nanone ku wa kabiri byari byamaze kumenyekana ko Kagame atazayitabira kwa hubwo azahagarirwa na minisitiri w’ubucuruzi n’inganda.

Tags: BujumburaCOMESAKagamePrudence SebahiziYahagarariwe
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yagize icyo ikora kubasirikare bayo bafashe abagore ku ngufu mu Minembwe.

FARDC yagize icyo ikora kubasirikare bayo bafashe abagore ku ngufu mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?