• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, November 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2025
in World News
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

You might also like

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n’abandi bayobozi bakuru.

Iyi guverinoma nshya yatangajwe ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 24/07/2025, ariko nta mpinduka nyinshi zayigaragayemo.

Kuko abaminisitiri 21 bayijemo babiri gusa ni bo bashya, mu gihe abandi 19 bari bayisanzwemo.

Aba barimo Dominique Habimana wagizwe minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asimbuye kuri izi nshingano Dr Mugenzi Patrice wari uzirimo kuva mu kwezi kwa cumi umwaka wa 2024.

Barimo kandi Dr. Bernadette Arakwiye wagizwe minisitiri w’ibidukikije asimbuye Dr.Uwamariya Valentine wari wahawe izi nshingano umwaka ushize.

Guverinoma nshya ikaba iyobowe na minisitiri w’intebe, Dr Nsengiyumva Justin, kandi irimo abanyamabanga ba Leta 10.

Aribo Dr. Telesphore Ndabamenye wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi na Jean de Dieu Uwihanganye wari umaze igihe ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushyinzwe ibikorwaremezo.

Umuyobozi mushya mubayobozi bakuru bashyizweho ni Nick Barigye wagizwe guverineri wa Bank nkuru y’igihugu (BNR) asimbuye Soraya Hakuziyaremye wari muri izi nshingano kuva mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Tags: Guverinoma nshyaKagameRwanda
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe

Tanzania: Amayobera mu myigaragambyo, burumwe wese yirwanyeho agira ibyo atahana iwe Imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cya Tanzania, aho urubyiruko rudashaka ko perezida w'iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yiyamamaza;...

Read moreDetails

Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Akajagari kadasanzwe mu matora y’umukuru w’igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera

Akajagari kadasanzwe mu matora y'umukuru w'igihugu muri Tanzania, ibintu bikomeje gufata indi ntera Mu gihe muri Tanzania hari amatora y'umukuru w'igihugu, imyigaragambyo na yo iracya igiti, aho urubyiruko...

Read moreDetails

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Hagaragajwe ko umugore wa perezida w’u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n’icyarimuteye

Hagaragajwe ko umugore wa perezida w'u Bufaransa yagize ihungabana, havugwa n'icyarimuteye Umukobwa wa Brigitte Macron(muka perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa), yabwiye urukiko rwo muri iki gihugu cye, ruherereye...

Read moreDetails

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka Indege nto ya gisivili yaritwaye abagenzi 12 yakoze impanuka bose bitaba Imana, nk'uko amakuru aturuka muri Kenya byabeye abitangaza. Iyi mpanuka yabaye...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- “nta handi kiraboneka ku isi”

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- “nta handi kiraboneka ku isi”

Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- "nta handi kiraboneka ku isi" Ubutasi bw'igisirikare cya Norvege bwatangaje ko u Burusiya koko bwagerageje igisasu kirimbuzi cya...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

FARDC, Ingabo z'u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?