• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2025
in World News
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

You might also like

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n’abandi bayobozi bakuru.

Iyi guverinoma nshya yatangajwe ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 24/07/2025, ariko nta mpinduka nyinshi zayigaragayemo.

Kuko abaminisitiri 21 bayijemo babiri gusa ni bo bashya, mu gihe abandi 19 bari bayisanzwemo.

Aba barimo Dominique Habimana wagizwe minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asimbuye kuri izi nshingano Dr Mugenzi Patrice wari uzirimo kuva mu kwezi kwa cumi umwaka wa 2024.

Barimo kandi Dr. Bernadette Arakwiye wagizwe minisitiri w’ibidukikije asimbuye Dr.Uwamariya Valentine wari wahawe izi nshingano umwaka ushize.

Guverinoma nshya ikaba iyobowe na minisitiri w’intebe, Dr Nsengiyumva Justin, kandi irimo abanyamabanga ba Leta 10.

Aribo Dr. Telesphore Ndabamenye wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi na Jean de Dieu Uwihanganye wari umaze igihe ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushyinzwe ibikorwaremezo.

Umuyobozi mushya mubayobozi bakuru bashyizweho ni Nick Barigye wagizwe guverineri wa Bank nkuru y’igihugu (BNR) asimbuye Soraya Hakuziyaremye wari muri izi nshingano kuva mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Tags: Guverinoma nshyaKagameRwanda
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko azahana u Burusiya mu gihe ibihugu...

Read moreDetails

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze Igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere cyagabye igitero gikomeye ku nyubako y'ishuri ry'umuryango w'Abibumbye risanzwe ricyumbikiwemo impunzi mu ntara...

Read moreDetails

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine Israel ibinyujije kuri minisitiri wayo w'intebe, Benjamin Netanyahu yakuriye inzira ku murima buri wese...

Read moreDetails

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha Leta ya Israel yatangaje ko Qatar yahindutse indiri y'abaterabwoba, kandi ko ari na yo mpamvu yatumye igaba kiriya gitero ahari...

Read moreDetails

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

FARDC, Ingabo z'u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?