• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 19, 2026
in Regional Politics
0
Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yoherereje mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ubutumwa bwo kumushimira ku ntsinzi aherutse kwegukana mu matora y’Umukuru w’Igihugu. Mu butumwa bwe, Perezida Kagame yamwifurije ishya n’ihirwe mu gukomeza kuyobora Uganda no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage bayo.

Ubu butumwa bwatangajwe ku rukuta rwa X rwa Perezida Kagame mu rukerera rwo ku wa Mbere, tariki ya 19/01/2026. Perezida Kagame yagaragaje ko yishimiye kongera gutorerwa kwa Perezida Museveni, anemeza ko u Rwanda rwiteguye gukomeza guteza imbere umubano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi.

Yagize ati:
“Ndakwifuriza ibyiza wowe n’abaturage ba Uganda, mu gihe ukomeje gukorera igihugu cyawe ku bw’iterambere n’imibereho myiza y’abagituye.”
Yakomeje ashimangira ko yiteguye gukomeza gushimangira umubano n’ubutwererane bukomeye kandi butanga umusaruro hagati y’u Rwanda na Uganda.

Tariki ya 16/01/2026 ni bwo hatangajwe ko Perezida Museveni yegukanye manda ye ya karindwi, nyuma yo gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 15/01/2026. Yabonye amajwi 71,6%, atsinda abandi bakandida barindwi bari bahatanye, barimo Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya Bobi Wine, wagize amajwi 24,72%.

U Rwanda na Uganda bifitanye umubano ukomeye ushingiye ku bucuruzi, politike n’umutekano. Mu gihembwe cya gatatu cya 2025, u Rwanda rwohereje muri Uganda ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 16,4 z’amadolari y’Amerika, bigaragaza uruhare rukomeye rw’ubuhahirane mu kuzamura ubukungu bw’ibihugu byombi.

Uyu mubano ntushingira gusa ku kuba ari ibihugu bituranye, ahubwo wubakiye ku mateka asangiwe, umuco n’indimi bihuje, kimwe no ku bufatanye mu by’iterambere, politike n’igisirikare.

Mu myaka amaze ku butegetsi, Perezida Museveni yagaragaje ubushake bwo kubana neza n’u Rwanda, anashimirwa uruhare yagize mu kwita ku mpunzi z’Abanyarwanda zari zarambuwe uburenganzira ku gihugu cyabo ndetse no gushyigikira gahunda z’ishyirwa mu bikorwa ry’inshingano za Leta mu gukemura ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Nyuma y’urugamba rwo kubohora u Rwanda no guhagarika Jenoside, Uganda yakomeje gutsura umubano mwiza n’u Rwanda. Nubwo mu bihe byashize uwo mubano wigeze guhura n’imbogamizi, cyane cyane hagati ya 2017 na 2019 bitewe no kutizerana politike, ubu urakomeje gusigasirwa ku buryo butanga inyungu zifatika ku baturage b’ibihugu byombi.

Tags: AmatoraInsinziKagameMuseveniUbutumwa
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Qatar na Togo mu Rugendo Rushya rwo Kugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?