Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Lourenço na Ramaphosa wa Afrika y’Epfo baganiriye ku by’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 9, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Lourenço na Ramaphosa wa Afrika y’Epfo baganiriye ku by’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Lourenço na Ramaphosa wa Afrika y’Epfo baganiriye ku by’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni amakuru yashizwe hanze n’ibitangaza makuru byo muri Afrika y’Epfo, aho icyitwa Sab News cyavuze ko Cyril Ramaphosa yaherekejwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga, Ronald Lamola ndetse na minisitiri w’umutekano Angie Motshekga muri Angola baganira na Perezida Lourenço ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.

Uru ruzinduko rw’akazi rwasojwe kuri uyu wa Kane tariki ya 08/08/2024.

Kiriya gitangaza makuru cyanavuze ko usibye impande zombi kuba zaraganiriye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, banaganiriye kandi ku mubano w’ibihugu byombi.

Ibi bihugu byombi bisanzwe bibana mu muryango wa Afrika y’Amajyepfo, SADC, aho uyu muryango wohereje ingabo zawo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha igisirikare cy’iki gihugu kurwanya M23.

João Lourenço akaba asanzwe ari n’umuhuza w’ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa.

Ibi biganiro bibaye mu gihe kandi aha i Luanda hari inama yahuje intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo, zigizwe n’impuguke mu by’ubutasi, aho zasoje ibiganiro ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC kuri uyu wa Kane tariki ya 08/08/2024.

Izi mpuguke mu by’ubutasi ku mpande zombi, zigomba gutanga imyanzuro yazo bitarenze tariki 15/08/2024 ikazigwaho mu nama yo ku rwego rw’abaminisitiri izaba mu mpera z’uku kwezi.

Kugeza ubu n’ubwo ibyo biganiro bikomeje kuba, ariko Congo ishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23. Yaba u Rwanda n’uyu mutwe ntibasiba kwamagana ibyo birego.

Ndetse ibyo birego byatumye impande zombi zicana umubano, kugeza aho ibi bihugu byombi byavanyeho amasezerano byari bihuriyeho.

             MCN.
Tags: Baganiriye ku by'u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDCCyril RamaphosaJoão Lourenço
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma yuko intambara ihinduye isura muri Ukraine, ingabo z’iki Gihugu zahaye isomo rikomeye u Burusiya.

Nyuma yuko intambara ihinduye isura muri Ukraine, ingabo z'iki Gihugu zahaye isomo rikomeye u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?