• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma yuko intambara ihinduye isura muri Ukraine, ingabo z’iki Gihugu zahaye isomo rikomeye u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma yuko intambara ihinduye isura muri Ukraine, ingabo z’iki Gihugu zahaye isomo rikomeye u Burusiya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma yuko intambara ihinduye isura muri Ukraine, ingabo z’iki Gihugu zahaye isomo rikomeye u Burusiya.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09/08/2024, ingabo za Ukraine zafashe agace ka Kursk ko mu Burusiya, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

U Burusiya bwatangaje ko kuri uyu wa Gatanu bwohereje izindi ngabo nyinshi n’amasasu mu bice biherereye ku mupaka, aho Ingabo za Ukraine zagabye igitero gikomeye cyo ku butaka kikaba cyasize izi ngabo za zigaruriye Kursk agace ko mu Burusiya.

Amakuru avuga ko guhera ku wa Kabiri ingabo za Ukraine zatangiye kuzenguruka muri aka karere ka Kursk ko mu Burengerazuba bw’u Burusiya. Binavugwa kandi ko iki kwaricyo gitero cyakomereye ingabo z’u Burusiya kuva iy’i ntambara yaduka hagati y’iz’i mpande zombi mu 2022.

Minisitiri y’ingabo z’u Burusiya yatangaje ko yohereje ibikoresho by’agisirikare bikomeye, birimo ibyo gukoresha mu gutera za roketi, ibisasu bya rutura, amatanki na za burende hamwe n’amakamyo aremereye kugira ngo bikaze ubwirinzi mu karere.

Ingabo za Ukraine zigera ku gihumbi hamwe n’imodoka za burende zirenga 20 n’amatanki, byagize uruhare mu gitero kw’ikubitiro, hakurikijwe ikigereranyo cy’u Burusiya, n’ubwo iki Gihugu cyigambye kuva icyo gihe ko cyashwanyaguje byinshi muri ibyo bikoresho.

Ukraine ntiyemeye ku mugaragaro uruhare rwayo, cyakora perezida Volodymyr Zelensky, mu ijambo rye ejo ku wa Kane, yavuze ko u Burusiya bugomba ‘kumva’ ingaruka zo kuvogera igihugu cyabo.

Kuri uyu wa Gatanu, impande zombi zakajije umurego n’ibitero byo mu kirere mu kwunganira abasirikare barwanira ku butaka.

Ikigo cy’ubutabazi bwihutirwa cya leta muri Ukraine, cyatangaje ko igitero cya misile cy’u Burusiya cyagabwe ku manywa y’ihangu ku iduka ry’ibiribwa, mu mujyi wa Kostyantynivka mu Burasirazuba bwa Ukraine, cyahitanye abantu byibura 11 kigakomeretsa 44.

Nk’uko byavuzwe uwo mujyi uri mu birometro nka 13 uvuye aho ingabo z’u Burusiya zifite ibirindiro.

                MCN.
Tags: KurskUkraine
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Abaperezida bazitabira umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame bamenyekanye.

Abaperezida bazitabira umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame bamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?