• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Museveni, yakoze impinduka zi komeye mu gisirikare cya Uganda, zisiga Gen Muhoozi Kainarugaba abaye umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu.

minebwenews by minebwenews
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Museveni, yakoze impinduka zi komeye mu gisirikare cya Uganda, zisiga Gen Muhoozi Kainarugaba abaye umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gisirikare cya Uganda habaye impinduka zikomeye zasize Gen Muhoozi Kainarugaba agizwe umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni impinduka zakozwe na perezida Yoweli Kaguta Museveni, usanzwe ari nawe mugaba mukuru w’ikirenga w’i ngabo za Uganda, wagize “umuhungu we gukurira igisirikare cyose cyo mu gihugu abereye perezida.

Muhoozi Kainarugaba yari asanzwe ari umujyanama mukuru wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni mu bikorwa byihariye.

Gen Muhoozi Kainarugaba asimbuye kuri uyu mwanya Gen Wilson Mbasu Mbandi wagizwe umunyabanga wa leta ushinzwe ubucuruzi, inganda ndetse n’amakoperative mu bijyanye n’ubucuruzi.

Muhoozi yagiye ahabwa izindi nshingano mu gisirikare cya Uganda mu minsi ishize. Yabayeho umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka ndetse no kuba umuyobozi mukuru w’u mutwe udasanzwe wa SFC.

Izimpinduka kandi zasize Lt Gen Sam Okiding abaye umugaba mukuru w’u ngirije, asimbuye kuri uyu mwanya Lt Gen Peter Elwelu.

Naho Major Gen Jack Agonza Bakasumba, yabaye umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, ndetse n’umuhuza bikorwa winzego zishinzwe umutekano, ni inshingano asimbuye ho Major Gen Leopold Kyanda.

Mu gihe Brig Gen David Mugisha, we yahawe kuyobora umutwe udasanzwe w’ingabo za SFC.

Naho Colonel Asaph Nyakikuru yazamuwe mu ntera agirwa Brig Gen, anahabwa kuyobora abakomando bo muri special Force ya Uganda.

                     MCN.
Tags: General Muhoozi KainarugabaUmugaba mukuru w'Ingabo za Uganda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kubera ifatwa rya Rwindi, aba ofisiye 10, barimo Major Gen Chicko Tshitambwe na Col Aaron Nyamushebwa, bahamagajwe vuba nabwangu kuja kwisigura mu iperereza.

Kubera ifatwa rya Rwindi, aba ofisiye 10, barimo Major Gen Chicko Tshitambwe na Col Aaron Nyamushebwa, bahamagajwe vuba nabwangu kuja kwisigura mu iperereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?