Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Museveni, yakoze impinduka zi komeye mu gisirikare cya Uganda, zisiga Gen Muhoozi Kainarugaba abaye umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Museveni, yakoze impinduka zi komeye mu gisirikare cya Uganda, zisiga Gen Muhoozi Kainarugaba abaye umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gisirikare cya Uganda habaye impinduka zikomeye zasize Gen Muhoozi Kainarugaba agizwe umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni impinduka zakozwe na perezida Yoweli Kaguta Museveni, usanzwe ari nawe mugaba mukuru w’ikirenga w’i ngabo za Uganda, wagize “umuhungu we gukurira igisirikare cyose cyo mu gihugu abereye perezida.

Muhoozi Kainarugaba yari asanzwe ari umujyanama mukuru wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni mu bikorwa byihariye.

Gen Muhoozi Kainarugaba asimbuye kuri uyu mwanya Gen Wilson Mbasu Mbandi wagizwe umunyabanga wa leta ushinzwe ubucuruzi, inganda ndetse n’amakoperative mu bijyanye n’ubucuruzi.

Muhoozi yagiye ahabwa izindi nshingano mu gisirikare cya Uganda mu minsi ishize. Yabayeho umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka ndetse no kuba umuyobozi mukuru w’u mutwe udasanzwe wa SFC.

Izimpinduka kandi zasize Lt Gen Sam Okiding abaye umugaba mukuru w’u ngirije, asimbuye kuri uyu mwanya Lt Gen Peter Elwelu.

Naho Major Gen Jack Agonza Bakasumba, yabaye umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, ndetse n’umuhuza bikorwa winzego zishinzwe umutekano, ni inshingano asimbuye ho Major Gen Leopold Kyanda.

Mu gihe Brig Gen David Mugisha, we yahawe kuyobora umutwe udasanzwe w’ingabo za SFC.

Naho Colonel Asaph Nyakikuru yazamuwe mu ntera agirwa Brig Gen, anahabwa kuyobora abakomando bo muri special Force ya Uganda.

                     MCN.
Tags: General Muhoozi KainarugabaUmugaba mukuru w'Ingabo za Uganda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Kubera ifatwa rya Rwindi, aba ofisiye 10, barimo Major Gen Chicko Tshitambwe na Col Aaron Nyamushebwa, bahamagajwe vuba nabwangu kuja kwisigura mu iperereza.

Kubera ifatwa rya Rwindi, aba ofisiye 10, barimo Major Gen Chicko Tshitambwe na Col Aaron Nyamushebwa, bahamagajwe vuba nabwangu kuja kwisigura mu iperereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?