Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahamagaje inama yihuta y’urwego rwa SADC rushinzwe politiki, n’umutekano, ikaba yarabereye i Dar es Salaam.

Iy’inama yabaye ahar’eje tariki ya 28/01/2025. Ikaba yaritabiriwe n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango wa SADC.

Iri tangazo ry’umukuru w’iki gihugu cya Tanzania wayihamagaje, ntirigaragaza ibyigiwe muri iyi nama, ariko kuva mbere byavugwaga ko yiga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iyi nama yitabiriwe na perezida Hakainde Hichilema wa Zambia, perezida Lazarus Chakwera wa Malawi, mu gihe perezida Félix Tshisekedi wa RDC na Chril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, bayitabiriye bakoresheje ubuhanga bwa none.

Iryo tangazo ryasohowe rivuga kuri iyi nama y’uru rwego rwa SADC ryavugishije benshi ku mbugankoranyambaga, aho bamwe basaba ko iri shirahamwe ryakora vuba nabwangu bagahagarika iyi ntambara ihanganishije umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.

Umuryango wa SADC wohereje ingabo muri RDC nyuma yokubona umutwe wa M23 uri gutsinda cyane FARDC.

Ingabo ziri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC zirimo iza Tanzania, Afrika y’Epfo na Malawi zigiye kumara umwaka mu Burasirazuba bwa RDC kuko zihari kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023.

Mu byazizanye harimo kurwanya umutwe wa M23, bikaba bizwi ko zifatanya n’imitwe yitwaje intwaro irimo Wazalendo, FDLR, n’ingabo z’u Burundi ndetse n’iza Congo.

Ariko ibyo ntibyabujije umutwe wa M23 gufata ibice bitandukanye muri za teritware ya Masisi, Rutshuru, Nyiragongo, Walikale ndetse n’i Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ndetse hakaba hari n’amashusho aheruka gusakazwa ku mbugankoranyambaga agaragaza abasirikare ba Afrika y’Epfo, bazamura ibendera ryera basaba uyu mutwe wa M23 ko wabaha agahenge mu mirwano bahanganyemo.

Ibyarafashwe nko gutsindwa kw’uyu muryango wa SADC ndetse byatumye igihugu cya Afrika y’Epfo gisohora itangazo byihuse, gisobanura kuri icyo gikorwa cyari cyafashwe nko kuneshwa gukomeye.

Hagataho, ingabo z’uyu muryango zimaze gupfira mu ntambara zirimo muri Kivu Yaruguru, zibarirwa mu mirongo.

Tags: RdcSADCSamia SuluhuTanzania
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Gen.Muhoozi yatanze ubutumwa nyuma y’aho M23 yigaruriye umujyi wa Goma.

Gen.Muhoozi yatanze ubutumwa nyuma y'aho M23 yigaruriye umujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?