• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahamagaje inama yihuta y’urwego rwa SADC rushinzwe politiki, n’umutekano, ikaba yarabereye i Dar es Salaam.

Iy’inama yabaye ahar’eje tariki ya 28/01/2025. Ikaba yaritabiriwe n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango wa SADC.

Iri tangazo ry’umukuru w’iki gihugu cya Tanzania wayihamagaje, ntirigaragaza ibyigiwe muri iyi nama, ariko kuva mbere byavugwaga ko yiga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iyi nama yitabiriwe na perezida Hakainde Hichilema wa Zambia, perezida Lazarus Chakwera wa Malawi, mu gihe perezida Félix Tshisekedi wa RDC na Chril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, bayitabiriye bakoresheje ubuhanga bwa none.

Iryo tangazo ryasohowe rivuga kuri iyi nama y’uru rwego rwa SADC ryavugishije benshi ku mbugankoranyambaga, aho bamwe basaba ko iri shirahamwe ryakora vuba nabwangu bagahagarika iyi ntambara ihanganishije umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.

Umuryango wa SADC wohereje ingabo muri RDC nyuma yokubona umutwe wa M23 uri gutsinda cyane FARDC.

Ingabo ziri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC zirimo iza Tanzania, Afrika y’Epfo na Malawi zigiye kumara umwaka mu Burasirazuba bwa RDC kuko zihari kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023.

Mu byazizanye harimo kurwanya umutwe wa M23, bikaba bizwi ko zifatanya n’imitwe yitwaje intwaro irimo Wazalendo, FDLR, n’ingabo z’u Burundi ndetse n’iza Congo.

Ariko ibyo ntibyabujije umutwe wa M23 gufata ibice bitandukanye muri za teritware ya Masisi, Rutshuru, Nyiragongo, Walikale ndetse n’i Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ndetse hakaba hari n’amashusho aheruka gusakazwa ku mbugankoranyambaga agaragaza abasirikare ba Afrika y’Epfo, bazamura ibendera ryera basaba uyu mutwe wa M23 ko wabaha agahenge mu mirwano bahanganyemo.

Ibyarafashwe nko gutsindwa kw’uyu muryango wa SADC ndetse byatumye igihugu cya Afrika y’Epfo gisohora itangazo byihuse, gisobanura kuri icyo gikorwa cyari cyafashwe nko kuneshwa gukomeye.

Hagataho, ingabo z’uyu muryango zimaze gupfira mu ntambara zirimo muri Kivu Yaruguru, zibarirwa mu mirongo.

Tags: RdcSADCSamia SuluhuTanzania
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Gen.Muhoozi yatanze ubutumwa nyuma y’aho M23 yigaruriye umujyi wa Goma.

Gen.Muhoozi yatanze ubutumwa nyuma y'aho M23 yigaruriye umujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?