• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2025
in World News
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

You might also like

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko ari ngombwa ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, akwiye igihembo cya Nobel cy’amahoro, ngo kubera uruhare rwe mu gufasha kurangiza amakimbirane y’intambara amaze imyaka 30 hagati y’u Rwanda na Congo.

Ibi Nduhungurehe yabigarutseho mu kiganiro yakoreye muri ambasade y’u Rwanda iri i Washington DC, aho yavuze ko iyi ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Congo ari imwe mu ntambara ndende zabaye ku mugabane wa Afrika, avuga yazengereje ibihugu byinshi byo kuri uyu mugabane harimo n’icy’u Rwanda.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda avuga ko umuntu wese wagize uruhare runini mu gukemura iyi ntambara, harimo na perezida Trump akwiye guhabwa igihembo cya Nobel cy’amahoro.

Ibi yabivuze mu gihe hari n’ibindi bihugu byabitangaje, kuko na Pakistan na yo yatanze iki cyifuzo cyo guha Trump igihembo. Hari nyuma y’aho Perezida Donald Trump ahuje iki gihugu n’u Buhinde ku ntambara byarimo mu kwezi gushize iyamaze iminsi ibarirwa ku ntoki, nubwo amakimbirane hagati y’ibi bihugu yo amaze igihe kirekire.

Ndetse kandi na Trump ubwe yagiye abigarukaho inshuro nyinshi, avuga ko yabaye umuhuza w’ibihugu birimo RDC n’u Rwanda, Israel na Iran, u Burusiya na Ukraine n’ibindi n’ibindi. Muri ubwo buryo akavuga ko byari bikwiye ko isi imugenera igihembo cya Nobel.

Iki kiganiro cya Nduhungurehe cyabereye muri ambasade y’u Rwanda muri Amerika, yagikoze nyuma y’amasaha make u Rwanda na RDC bisinyanye amasezerano y’amahoro yasinywe hagamijwe gukemura burundu ibibazo by’intambara nini ibera mu Burasirazuba bwa Congo.

Tags: amahoroIgihembo cya NobelTrump
Share26Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gukoresha imvugo ikakaye irimo kwiyemera gukomeye, atangaza...

Read moreDetails

Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza

Minisitiri Netanyahu Yateye Induru ku Mugambi Mushya wa Trump kuri Gaza Minisitiri w’Intebe wa Leta ya Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasabye ko haterana byihutirwa Inama y’Abaminisitiri bashinzwe Ingabo n’Umutekano,...

Read moreDetails

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031 Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka 37 ku butegetsi, yemejwe nk’umukandida watsinze amatora ya perezida ya Uganda ku...

Read moreDetails

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere Minisiteri y’Ingabo ya Irake yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zimaze kwisubiza byuzuye igenzura ry’ikibuga gikomeye cy’ingabo zo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails
Next Post
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y'aho isinye amasezerano y'amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?