• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y’aho isinye amasezerano y’amahoro.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2025
in Conflict & Security
0
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y’aho isinye amasezerano y’amahoro.

You might also like

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y’Amakuru y’Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n’Ibibazo by’Intambara

Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho ryamaganye Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashe indege ya gisivile mu Minembwe nyuma y’iminsi itatu gusa isinye amasezerano y’amahoro, ayo yasinyanye n’u Rwanda i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

AFC/M23 yabyamaganye ikoresheje itangazo yaraye ishyize hanze mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 01/07/2025.

Muri iryo tangazo ivuga ko igikorwa RDC yakoze cyahitanye ubuzima bw’abantu, kandi ngo cyangiza n’ibikoresho byari bishyiriwe abaturage birimo imiti. Kigira umuyonga ibiribwa byari bigenewe abaturage bagizweho ingaruka n’ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu byakozwe n’ubutegetsi bwa Congo kuva mu mwaka wa 2017.

Rikomeza rivuga ko binyuze mu bikorwa ubu butegetsi bw’i Kinshasa buherutse gutangaza bugaragaza ko bugifite umugambi wo kurimbura Abanyamulenge mu misozi y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

Niho iri huriro rya AFC/M23 ryahise ryamagana Kinshasa rigize riti: “Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 yamaganye yivuye inyuma ibi bikorwa biteye agahinda kandi by’ubunyamanswa, birenga no ku gahenge ko guhagarika imirwano bikozwe n’ingabo za Leta, ndetse n’ibitero byibasira ibice bituwe cyane bya Kanyola, Kabare, Kigogo, Kadasomwa, Nyabyondo no mu bice bihakikije, bikozwe na FARDC ku bufatanye n’ingabo z’u Burundi (FDNB, FDLR n’abarwanyi ba Wazalendo.”

Ikomeza ivuga ko ubu bwicanyi bukomeje gukorerwa Abanyamulenge idashobora kubyihanganira, kandi ko bikwiye guhagarara vuba na bwangu.

Ingabo za FARDC n’iz’u Burundi zagabye iki gitero kuri iriya ndege yari igemuriye abaturage nyuma y’iminsi itatu gusa RDC ishyize umukono ku masezerano y’amahoro yasinyanye n’u Rwanda agamije gushaka igisubizo kirambye ku ntambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Tags: AmasezeranoIgikorwa ndengakamereRdc
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR

Impaka Zikomeye Zongeye Kwiyongera Hagati ya Kigali na Kinshasa: u Rwanda Ruvuga ko RDC Yateshutse ku Masezerano ya Washington ku Kibazo cya FDLR MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Guverinoma...

Read moreDetails

Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y’Amakuru y’Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n’Ibibazo by’Intambara

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y’Amakuru y’Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n’Ibibazo by’Intambara

Burundi: Impungenge Zikomeye Zibasiye Igisirikare Nyuma y'Amakuru y'Ibanga Avugwa ko Ari Kumeneka n'Ibibazo by'Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, ndetse no mu banyapolitiki...

Read moreDetails

Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga

Nyabiheke: Hari Impunzi Zisaba Umucyo ku Micungire ya Mutualité, Zifuza ko Hakorwa Igenzura Ryigenga MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Minembwe Capital News (MCN) yakiriye ubutumwa bwaturutse ku mpunzi y'Umunyekongo...

Read moreDetails

RDC: C64 Yashyizeho Umugambi Mushya wo Guhatira Tshisekedi Kwegura Mu Gihe Impaka ku Itegeko Nshinga Zirushaho Gukaza Umurego

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC: C64 Yashyizeho Umugambi Mushya wo Guhatira Tshisekedi Kwegura Mu Gihe Impaka ku Itegeko Nshinga Zirushaho Gukaza Umurego

RDC: C64 Yashyizeho Umugambi Mushya wo Guhatira Tshisekedi Kwegura Mu Gihe Impaka ku Itegeko Nshinga Zirushaho Gukaza Umurego MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri...

Read moreDetails

Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi

Etienne Muragizi Utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Yahamagariye Abanyekongo Gushyigikira MRDP-Twirwaneho na AFC/M23, Anenga Bikomeye Ubutegetsi bwa Tshisekedi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Etienne Muragizi, Umunyamulenge usanzwe...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe umutwe ukomeye ugiye kurwanya Leta y’i Burundi.

Hatangajwe umutwe ukomeye ugiye kurwanya Leta y'i Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?