• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 11, 2025
in World News
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

You might also like

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump wahoraga aririmba kuzagihabwa, cyahawe Marie Corina Machado, usazwe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Nicolas Maduro wa Venezuela.

Komite ishinzwe gutanga iki gihembo cya Nobel yo muri Norvege yatangaje ko hari abakandida 338 batoranyijwe bazahatanira igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025. Ivuga ko muri abo harimo 244 ari abantu ku giti cyabo, mu gihe 94 batanzwe n’imiryango. Aba bakaba barimo perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump na Elon Musk w’umuherwe.

Iki gihembo mpuzamahanga nk’uko bisanzwe cyashyizweho hakurikijwe ubushake bwa Alfred Nobel, kikaba cyaratanzwe ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 10/10/2025, aho cyatangiwe mu mujyi wa Oslo wo muri Norvege gitanzwe na komite ishinzwe ku gitanga.

Rero, kikaba cyarahawe Machado kubera ibikorwa bye bidacogora biteza imbere uburenganzira bwa demokarasi ku baturage ba Venuzuela no kurugamba rwe rwo kugera ku nzira iboneye kandi y’amahoro yo kuva mu butegetsi bw’igitugu yerekeza kuri demokarasi.

Uwahawe iki gihembo ari we Machodo, umwirondoro we umugaragaza ko yavukiye muri Venezuela kandi ko yavutse mu 1967. Akaba kandi yaratorewe kuba umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Venezuela kuva mu 2010 kugeza mu 2014, ari nabwo yirukanwaga kuri uwo mwanya n’ubutegetsi bwa Nicolas Maduro.

Mu 2023, yatangaje kandidatire ye mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2024 yo muri iki gihugu cye, ariko bigaragara ko yabujijwe kwiyamamaza ahitamo gushyigikira kandidatire ya Edmundo Gonzalez.

Tags: amahoroIgihemboMarie Corina MachadoNobelTrump
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y'iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu...

Read moreDetails

Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Perezida Macron w’u Bufaransa yasabwe kwegura

Perezida Macron w'u Bufaransa yasabwe kwegura Perezida w'u Bufaransa Emmanuel Macron, yasabwe na bamwe mu bahoze mu buyobozi bwo hejuru muri iki gihugu kwegura, bavuga ko aricyo cyakemura...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu Banye-Congo bavuze ko bakwiye kweguza perezida Tshisekedi

Bamwe mu Banye-Congo bavuze ko bakwiye kweguza perezida Tshisekedi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?