• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
May 27, 2025
in World News
0
Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.

You might also like

Israel na Iran Byazindukiye mu Mwuka Ukomeye w’Intambara

Iran Yatangaje ko Yiteguye Guhangana na Amerika Igihe Cyose Habayeho Ubushotoranyi

Perezida Trump Yongeye Kotsa Igitutu kuri NATO mu gihe Umwuka mubi Hagati ya Amerika na Iran Ukomeje Kurushaho Gukara

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, mu burakari bwinshi yavuze ko perezida w’u Burusiya Vradimir Putin ari “umusazi,” kubera igitero ingabo ze ziheruka kugaba muri Ukraine.

Hari mu kiganiro perezida wa Amerika yagiranye n’abanyamakuru ari i Jerusalem muri Israel aho yababwiye ko yababajwe n’igitero cyo mu kirere igisirikare cy’u Burusiya cyagabye i Kyiv muri Ukraine ku cyumweru.

Mu bitari bimenyerewe, Trump yagize ati: “Ariko ibi ni ibiki uri gukora? Kuri ca abantu. Uri umusazi koko?”

Mbere yuko Trump akora iki kiganiro, umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yari yavuze ko agahenge kasabwe na Washington kari gufasha u Burusiya gutegura ibitero ku gihugu cye, bityo asaba ko ubwo Burusiya bufatirwa ibihano bikakaye.

Igitero cyatumye Trump atukana, ingabo z’u Burusiya zagikoze mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 25/05/2025. Ni igitero cyasize gihitanye abasivili 12 abandi babarirwa mu mirongo itatu barakomereka harimo n’abakomeretse bikabije.

U Burusiya mu gukora kiriya gitero bwakoresheje ibisasu bya misili byinshi na za drones 367. Bikavugwa ko iki gitero ko ari cyo kigabwe kuri Kyiv gikomeye kuva iyi ntambara yaduka mu mwaka wa 2022 hagati y’u Burusiya na Ukraine.

Abanyamukuru banamubajije ni ba ategura ibihano ku Burusiya kubera icyo gitero, na we yashubije ko ari byo ko ari kubitegura, ati: “Yego, ndi kubitegura.”

Na nyuma y’iki kiganiro yanditse akoresheje urubuga rwa Truth social ko Putin koko yasaze.

Ati: “Mpora mbivuga ko ashaka Ukraine yose. Ntashaka agace kayo gusa, kandi koko ukuri kuri kwigaragaza, ariko ari ko aramutse akomeje ibi bizotuma u Burusiya bussnyuka bwose.”

Nyamara kandi ku rundi ruhande yavuze ko perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, ko nawe nta cyo afasha igihugu cye, haba ngo kubyo avuga n’ibikorwa.

Ibyo bibaye mu gihe mu cyumweru gishize, Trump na Putin bari bavuganye kuri telephone amasaha abiri. Ikiganiro cyabo kikaba cyiribanze cyane ku masezerano y’amahoro yarimo ategurwa kuri Ukraine n’u Burusiya.

Iby’aya masezerano, Ukraine n’inshuti za yo ibihugu byo mu Burayi bavuga ko nta musaruro uzayavamo hubwo ko uzafasha u Burusiya gutegura ibindi.

Tags: IgiteroIgitutsiPutinTrump
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Israel na Iran Byazindukiye mu Mwuka Ukomeye w’Intambara

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Israel na Iran Byazindukiye mu Mwuka Ukomeye w’Intambara

Israel na Iran Byazindukiye mu Mwuka Ukomeye w’Intambara Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, amakimbirane amaze igihe hagati ya Israel na Iran yongeye gufata indi ntera ikomeye,...

Read moreDetails

Iran Yatangaje ko Yiteguye Guhangana na Amerika Igihe Cyose Habayeho Ubushotoranyi

by Bahanda Bruce
March 29, 2026
0
Iran Yatangaje ko Yiteguye Guhangana na Amerika Igihe Cyose Habayeho Ubushotoranyi

Iran Yatangaje ko Yiteguye Guhangana na Amerika Igihe Cyose Habayeho Ubushotoranyi Umuyobozi ukomeye mu ngabo zirwanira mu mazi za Iran yatangaje ko igihugu cye cyiteguye guhangana n’ingabo za...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Kotsa Igitutu kuri NATO mu gihe Umwuka mubi Hagati ya Amerika na Iran Ukomeje Kurushaho Gukara

by Bahanda Bruce
March 28, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Gutangaza Amagambo Ateye Ubwoba kuri Iran n’Inshuti zayo

Perezida Trump Yongeye Kotsa Igitutu kuri NATO mu gihe Umwuka mubi Hagati ya Amerika na Iran Ukomeje Kurushaho Gukara Mu gihe umutekano mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye, Perezida...

Read moreDetails

Intambara y’Ubukungu muri RDC Hagati y’u Bushinwa na Amerika

by Bahanda Bruce
March 27, 2026
0
Intambara y’Ubukungu muri RDC Hagati y’u Bushinwa na Amerika

Intambara y’Ubukungu muri RDC Hagati y’u Bushinwa na Amerika Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugaragara nk’ihuriro rikomeye ry’umutungo kamere ku Isi, ibihugu bikomeye birimo...

Read moreDetails

Israel Yivuganye Undi Muyobozi Mukuru w’Ingabo za Iran

by Bahanda Bruce
March 27, 2026
0
Israel Yivuganye Undi Muyobozi Mukuru w’Ingabo za Iran

Israel Yivuganye Undi Muyobozi Mukuru w’Ingabo za Iran Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati, Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko cyagabye igitero gikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa

Thabo Mbeki yakariye Leta y'i Kinshasa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?