Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 27, 2025
in World News
0
Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, mu burakari bwinshi yavuze ko perezida w’u Burusiya Vradimir Putin ari “umusazi,” kubera igitero ingabo ze ziheruka kugaba muri Ukraine.

Hari mu kiganiro perezida wa Amerika yagiranye n’abanyamakuru ari i Jerusalem muri Israel aho yababwiye ko yababajwe n’igitero cyo mu kirere igisirikare cy’u Burusiya cyagabye i Kyiv muri Ukraine ku cyumweru.

Mu bitari bimenyerewe, Trump yagize ati: “Ariko ibi ni ibiki uri gukora? Kuri ca abantu. Uri umusazi koko?”

Mbere yuko Trump akora iki kiganiro, umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yari yavuze ko agahenge kasabwe na Washington kari gufasha u Burusiya gutegura ibitero ku gihugu cye, bityo asaba ko ubwo Burusiya bufatirwa ibihano bikakaye.

Igitero cyatumye Trump atukana, ingabo z’u Burusiya zagikoze mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 25/05/2025. Ni igitero cyasize gihitanye abasivili 12 abandi babarirwa mu mirongo itatu barakomereka harimo n’abakomeretse bikabije.

U Burusiya mu gukora kiriya gitero bwakoresheje ibisasu bya misili byinshi na za drones 367. Bikavugwa ko iki gitero ko ari cyo kigabwe kuri Kyiv gikomeye kuva iyi ntambara yaduka mu mwaka wa 2022 hagati y’u Burusiya na Ukraine.

Abanyamukuru banamubajije ni ba ategura ibihano ku Burusiya kubera icyo gitero, na we yashubije ko ari byo ko ari kubitegura, ati: “Yego, ndi kubitegura.”

Na nyuma y’iki kiganiro yanditse akoresheje urubuga rwa Truth social ko Putin koko yasaze.

Ati: “Mpora mbivuga ko ashaka Ukraine yose. Ntashaka agace kayo gusa, kandi koko ukuri kuri kwigaragaza, ariko ari ko aramutse akomeje ibi bizotuma u Burusiya bussnyuka bwose.”

Nyamara kandi ku rundi ruhande yavuze ko perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, ko nawe nta cyo afasha igihugu cye, haba ngo kubyo avuga n’ibikorwa.

Ibyo bibaye mu gihe mu cyumweru gishize, Trump na Putin bari bavuganye kuri telephone amasaha abiri. Ikiganiro cyabo kikaba cyiribanze cyane ku masezerano y’amahoro yarimo ategurwa kuri Ukraine n’u Burusiya.

Iby’aya masezerano, Ukraine n’inshuti za yo ibihugu byo mu Burayi bavuga ko nta musaruro uzayavamo hubwo ko uzafasha u Burusiya gutegura ibindi.

Tags: IgiteroIgitutsiPutinTrump
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya. Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy'amateka...

Read moreDetails
Next Post
Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa

Thabo Mbeki yakariye Leta y'i Kinshasa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?