• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
May 27, 2025
in World News
0
Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yagiguye igitutsi gikaze atuka mugenzi we w’u Burusiya.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, mu burakari bwinshi yavuze ko perezida w’u Burusiya Vradimir Putin ari “umusazi,” kubera igitero ingabo ze ziheruka kugaba muri Ukraine.

Hari mu kiganiro perezida wa Amerika yagiranye n’abanyamakuru ari i Jerusalem muri Israel aho yababwiye ko yababajwe n’igitero cyo mu kirere igisirikare cy’u Burusiya cyagabye i Kyiv muri Ukraine ku cyumweru.

Mu bitari bimenyerewe, Trump yagize ati: “Ariko ibi ni ibiki uri gukora? Kuri ca abantu. Uri umusazi koko?”

Mbere yuko Trump akora iki kiganiro, umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensky, yari yavuze ko agahenge kasabwe na Washington kari gufasha u Burusiya gutegura ibitero ku gihugu cye, bityo asaba ko ubwo Burusiya bufatirwa ibihano bikakaye.

Igitero cyatumye Trump atukana, ingabo z’u Burusiya zagikoze mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 25/05/2025. Ni igitero cyasize gihitanye abasivili 12 abandi babarirwa mu mirongo itatu barakomereka harimo n’abakomeretse bikabije.

U Burusiya mu gukora kiriya gitero bwakoresheje ibisasu bya misili byinshi na za drones 367. Bikavugwa ko iki gitero ko ari cyo kigabwe kuri Kyiv gikomeye kuva iyi ntambara yaduka mu mwaka wa 2022 hagati y’u Burusiya na Ukraine.

Abanyamukuru banamubajije ni ba ategura ibihano ku Burusiya kubera icyo gitero, na we yashubije ko ari byo ko ari kubitegura, ati: “Yego, ndi kubitegura.”

Na nyuma y’iki kiganiro yanditse akoresheje urubuga rwa Truth social ko Putin koko yasaze.

Ati: “Mpora mbivuga ko ashaka Ukraine yose. Ntashaka agace kayo gusa, kandi koko ukuri kuri kwigaragaza, ariko ari ko aramutse akomeje ibi bizotuma u Burusiya bussnyuka bwose.”

Nyamara kandi ku rundi ruhande yavuze ko perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, ko nawe nta cyo afasha igihugu cye, haba ngo kubyo avuga n’ibikorwa.

Ibyo bibaye mu gihe mu cyumweru gishize, Trump na Putin bari bavuganye kuri telephone amasaha abiri. Ikiganiro cyabo kikaba cyiribanze cyane ku masezerano y’amahoro yarimo ategurwa kuri Ukraine n’u Burusiya.

Iby’aya masezerano, Ukraine n’inshuti za yo ibihugu byo mu Burayi bavuga ko nta musaruro uzayavamo hubwo ko uzafasha u Burusiya gutegura ibindi.

Tags: IgiteroIgitutsiPutinTrump
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa

Thabo Mbeki yakariye Leta y'i Kinshasa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?