• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, June 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa

minebwenews by minebwenews
May 27, 2025
in Regional Politics
0
Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Thabo Mbeki yakariye Leta y’i Kinshasa.

You might also like

RDC dans une Situation Critique : Message Fort de l’Union Européenne, Tensions Politiques à Kinshasa et Défis Sécuritaires qui Préoccupent la Communauté Internationale

RDC mu Ihurizo Rikomeye: Ubutumwa Bukomeye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ihungabana rya Politiki i Kinshasa n’Ibibazo by’Umutekano Bikomeje Kuvugisha Isi Yose

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

Thabo Mbeki wabaye perezida wa Afrika y’Epfo, yavuze ko n’ubwo u Rwanda na Congo Kinshasa biri kugirana ibiganiro by’amahoro, ariko ko bidateze kugera ku musaruro mwiza mu gihe ubutegetsi bw’i Kinshasa butaramenya neza ko igisubizo kirambye cy’amahoro bushaka kizava mu Banye-Congo ubwabo.

Uyu wabaye umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro n’umunyamukuru, Sophia Mokoena wo muri iki gihugu cya Afrika y’Epfo.

Ni kiganiro cyagarukaga kubiganiro bimaze iminsi bikorwa kugira ngo u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bubone amahoro, aho haba ibiganiro by’ububuza hagati y’u Rwanda na Congo, bihujwe na Washington DC, imiryango itandukanye yo muri Afrika, ndetse na Qatar.

Mbeki yavuze ko ibiri gukorwa nta musaruro bizatanga mu gihe Abanye-Congo batarumva ko igisubizo kizava muri bo.

Yagize ati: “Zishobora kumvikana, Leta y’i Kinshasa n’iya Kigali zigahuza zigashyira umukono ku masezerano, ibyo ni byiza ariko ntabwo byonyine bizakemura ikibazo kiri mu Burasizuba bwa Congo. Ibi byarageragejwe na mbere, nagiye kenshi mbwira abantu ko ibibazo by’u Burasizuba bwa Congo ni iby’imbere kuri Congo ntabwo bikomoka hanze y’imipaka ya Congo.”

Yakomeje avuga ko ku bw’ibyo Abanyamerika bamaze iminsi bakora byo gushishikariza Kinshasa na Kigali guhurira hamwe, ntabwo bikemura ikibazo cya RDC; kiriya kibazo gikwiye gukemurwa n’abaturage ba Congo n’ubutegetsi bwabo.”

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka wa 2025, i Dar es Salaam muri Tanzania hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC, n’abo mu muryango wa Afrika y’Amajyepfo, SADC. Ni nama yaje kwanzura ko imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo ihagarara bwangu, kandi umuti w’ikibazo ugashakwa binyuze mu nzira z’amahoro ndetse Repubulika ya demokarasi ya Congo ikagirana ibiganiro n’impande zose harimo n’uyu mutwe wa M23.

Nyamara ibi nta musaruro byigeze bitanga, kuko kugeza n’ubu impande zihanganye zircyakomeje imirwano ikomeye muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Mbeki ibi abivuze mu gihe Joseph Kabila yageze i Goma mu gice kigenzurwa n’umutwe wa M23. Ibyo ngeye kubyutsa umwuka mubi mu bategetsi b’i Kinshasa mu gihe Qatar, Amerika n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe bikomeje gukora ibishoboka byose ngo u Burasirazuba bwa Congo bubone amahoro.

Tags: IkibazoRdcThabo MbekiYakariye
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC dans une Situation Critique : Message Fort de l’Union Européenne, Tensions Politiques à Kinshasa et Défis Sécuritaires qui Préoccupent la Communauté Internationale

by Bahanda Bruce
June 15, 2026
0
RDC dans une Situation Critique : Message Fort de l’Union Européenne, Tensions Politiques à Kinshasa et Défis Sécuritaires qui Préoccupent la Communauté Internationale

RDC dans une Situation Critique : Message Fort de l’Union Européenne, Tensions Politiques à Kinshasa et Défis Sécuritaires qui Préoccupent la Communauté Internationale Alors que la République démocratique...

Read moreDetails

RDC mu Ihurizo Rikomeye: Ubutumwa Bukomeye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ihungabana rya Politiki i Kinshasa n’Ibibazo by’Umutekano Bikomeje Kuvugisha Isi Yose

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

RDC mu Ihurizo Rikomeye: Ubutumwa Bukomeye bw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ihungabana rya Politiki i Kinshasa n’Ibibazo by’Umutekano Bikomeje Kuvugisha Isi Yose Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu

U Bubiligi Bwagize Icyo Buvuga ku Myigaragambyo Yabereye i Kinshasa Igasiga Ihitanye Abantu Guverinoma y’u Bubiligi yagaragaje impungenge zikomeye nyuma y’imyigaragambyo yabereye mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi

Elon Musk Ageze ku Mutungo wa Tiliyari Imwe y’Amadolari: Dore Uko Yubatse Ubwami bw’Ikoranabuhanga Bukomeje Guhindura Isi Mu mateka y’ubukungu bw’isi, ku nshuro ya mbere habonetse umuntu ku...

Read moreDetails

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere

Kabila Yasohoye Ubutumwa Bukaze Bushobora Guhindura Isura ya RDC mu Minsi Iri Imbere Mu gihe impaka zikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bijyanye...

Read moreDetails
Next Post
Ese koko abatezi b’inkingi baza nyuma? Umusesenguzi Kabare.

Ese koko abatezi b'inkingi baza nyuma? Umusesenguzi Kabare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?