• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 4, 2025
in World News
0
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yahindutse urwamenyo nyuma y’aho yibasiriwe n’abakoresha imbugankoranyambaga nk’urwa Tuth social na x ,hari nyuma yuko hasakaye ifoto ye imuguragaza yambaye nka Papa wa Kiliziya Gatolika.

Ni ifoto amakuru avuga ko yakozwe hifashishijwe ikorana buhanga rya none rizwi nka Al. Ibi byatumye abakristo b’idini Gatolika bagaragaza uburakari bwinshi bavuga ko Trump ari kubashinyagurira nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisco.

Bimwe mu binyamakuru birimo n’icya Al Jazeera byatangaje ko perezida Trump asanzwe adasengera muri iryo dini rya Gatolika kandi ko iyi foto ye yasakaye cyane, bivuga ko yari aheruka gutera abanyamakuru urwenya ko yifuza kuzaba Papa.

Ubwo abanyamakuru bamubazaga uwo yifuza uzasimbura Papa Fransisco, Trump yasubije ati: “Ndashaka kuba Papa, ayo yaba amahitamo ya mbere.”

Nyamara kandi yavuze ko i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika hari Umu-Cardinal mwiza cyane wavamo papa mwiza.

Aho yarimo avuga Timothy Dolan, uzi ibya Theology cyane kandi warwanyije itegeko rirebana no gukuramo inda.

Abatavuga rumwe na Trump bakoresha imbugankoranyambaga bakimara kubona iriya foto bavuze ko Trump ari gutuka Ekelezia Gatolika kandi ko ari gushyinyagurira kwizera kwabo.

Inama y’Abanyagotolika yabereye i New York, ihagarariwe n’Abepisikopi ba Leta mu gukorana na guverinoma, banenze iyo foto.

Bashyize n’inyandiko hanze bagira bati: “Nta cyiza cyangwa gisekeje kuri iyi foto, bwana perezida.”

Ubundi kandi uwahoze ari minisitiri w’intebe w’u Butaliyani, Matteo Renzi yatangaje ko iyo foto yababaje abakristo, igashotora ibigo kandi yerekana ko umuyobozi wagakwiye guharanira uburenganzira ku isi yishimira kugira ibintu imikino.

Bizwi ko Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana, yari umwe mubantu banenga imyitwarire ya perezida Donald Trump.

Tags: IfotoPapaTrump
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
I Kaziba ihuriro ry’ingabo za Congo ryayabangiye ingata, ivumbi riratumuka.

Abaturage bakiri mu matwara y'ihuriro ry'ingabo za RDC baratabaza muri Walungu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?