• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

minebwenews by minebwenews
May 4, 2025
in World News
0
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

You might also like

Perezida Trump Yongeye Gutangaza Amagambo Ateye Ubwoba kuri Iran n’Inshuti zayo

Minisitiri Netanyahu Yagaragaje Intambwe Igisirikare cya Israel Kimaze Kugeraho mu Ntambara iri kubera muri Iran

Ibihugu bya G7 byiyemeje gufata ingamba zikomeye zo kurinda isoko ry’ingufu ku isi, bishyigikira umutekano w’inzira ya Hormuz

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yahindutse urwamenyo nyuma y’aho yibasiriwe n’abakoresha imbugankoranyambaga nk’urwa Tuth social na x ,hari nyuma yuko hasakaye ifoto ye imuguragaza yambaye nka Papa wa Kiliziya Gatolika.

Ni ifoto amakuru avuga ko yakozwe hifashishijwe ikorana buhanga rya none rizwi nka Al. Ibi byatumye abakristo b’idini Gatolika bagaragaza uburakari bwinshi bavuga ko Trump ari kubashinyagurira nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisco.

Bimwe mu binyamakuru birimo n’icya Al Jazeera byatangaje ko perezida Trump asanzwe adasengera muri iryo dini rya Gatolika kandi ko iyi foto ye yasakaye cyane, bivuga ko yari aheruka gutera abanyamakuru urwenya ko yifuza kuzaba Papa.

Ubwo abanyamakuru bamubazaga uwo yifuza uzasimbura Papa Fransisco, Trump yasubije ati: “Ndashaka kuba Papa, ayo yaba amahitamo ya mbere.”

Nyamara kandi yavuze ko i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika hari Umu-Cardinal mwiza cyane wavamo papa mwiza.

Aho yarimo avuga Timothy Dolan, uzi ibya Theology cyane kandi warwanyije itegeko rirebana no gukuramo inda.

Abatavuga rumwe na Trump bakoresha imbugankoranyambaga bakimara kubona iriya foto bavuze ko Trump ari gutuka Ekelezia Gatolika kandi ko ari gushyinyagurira kwizera kwabo.

Inama y’Abanyagotolika yabereye i New York, ihagarariwe n’Abepisikopi ba Leta mu gukorana na guverinoma, banenze iyo foto.

Bashyize n’inyandiko hanze bagira bati: “Nta cyiza cyangwa gisekeje kuri iyi foto, bwana perezida.”

Ubundi kandi uwahoze ari minisitiri w’intebe w’u Butaliyani, Matteo Renzi yatangaje ko iyo foto yababaje abakristo, igashotora ibigo kandi yerekana ko umuyobozi wagakwiye guharanira uburenganzira ku isi yishimira kugira ibintu imikino.

Bizwi ko Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana, yari umwe mubantu banenga imyitwarire ya perezida Donald Trump.

Tags: IfotoPapaTrump
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yongeye Gutangaza Amagambo Ateye Ubwoba kuri Iran n’Inshuti zayo

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Gutangaza Amagambo Ateye Ubwoba kuri Iran n’Inshuti zayo

Perezida Trump Yongeye Gutangaza Amagambo Ateye Ubwoba kuri Iran n’Inshuti zayo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, , yongeye gutangaza amagambo akomeye ku gihugu cya , agaragaza...

Read moreDetails

Minisitiri Netanyahu Yagaragaje Intambwe Igisirikare cya Israel Kimaze Kugeraho mu Ntambara iri kubera muri Iran

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Minisitiri Netanyahu Yagaragaje Intambwe Igisirikare cya Israel Kimaze Kugeraho mu Ntambara iri kubera muri Iran

Minisitiri Netanyahu Yagaragaje Intambwe Igisirikare cya Israel Kimaze Kugeraho mu Ntambara iri kubera muri Iran Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko ibitero igisirikare cya Israel gihuriyeho...

Read moreDetails

Ibihugu bya G7 byiyemeje gufata ingamba zikomeye zo kurinda isoko ry’ingufu ku isi, bishyigikira umutekano w’inzira ya Hormuz

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Ibihugu bya G7 byiyemeje gufata ingamba zikomeye zo kurinda isoko ry’ingufu ku isi, bishyigikira umutekano w’inzira ya Hormuz

Ibihugu bya G7 byiyemeje gufata ingamba zikomeye zo kurinda isoko ry’ingufu ku isi, bishyigikira umutekano w’inzira ya Hormuz Ibihugu bikize ku isi bigize itsinda rya G7 byatangaje ko...

Read moreDetails

Urupfu rwa Robert Mueller Rwakuruye Impaka, Mu Gihe Perezida Trump We Yarugaragajeho Ibyishimo

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Urupfu rwa Robert Mueller Rwakuruye Impaka, Mu Gihe Perezida Trump We Yarugaragajeho Ibyishimo

Urupfu rwa Robert Mueller Rwakuruye Impaka, Mu Gihe Perezida Trump We Yarugaragajeho Ibyishimo Urupfu rwa Robert Mueller wahoze ayobora Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI),...

Read moreDetails

Intambara ya Iran Yahinduye Imitekerereze ya Kim Jong Un ku Mutekano wa Korea ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Intambara ya Iran Yahinduye Imitekerereze ya Kim Jong Un ku Mutekano wa Korea ya Ruguru

Intambara ya Iran Yahinduye Imitekerereze ya Kim Jong Un ku Mutekano wa Korea ya Ruguru Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi intambara iri kubera muri Iran, abasesenguzi mpuzamahanga...

Read moreDetails
Next Post
I Kaziba ihuriro ry’ingabo za Congo ryayabangiye ingata, ivumbi riratumuka.

Abaturage bakiri mu matwara y'ihuriro ry'ingabo za RDC baratabaza muri Walungu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?