• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

minebwenews by minebwenews
May 4, 2025
in World News
0
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

You might also like

President Ruto Seeks a Second Term as Opposition Figures Form New Parties: Is Kenya Heading Toward an Election That Could Reshape Its Political Landscape? — Read More

Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yahindutse urwamenyo nyuma y’aho yibasiriwe n’abakoresha imbugankoranyambaga nk’urwa Tuth social na x ,hari nyuma yuko hasakaye ifoto ye imuguragaza yambaye nka Papa wa Kiliziya Gatolika.

Ni ifoto amakuru avuga ko yakozwe hifashishijwe ikorana buhanga rya none rizwi nka Al. Ibi byatumye abakristo b’idini Gatolika bagaragaza uburakari bwinshi bavuga ko Trump ari kubashinyagurira nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisco.

Bimwe mu binyamakuru birimo n’icya Al Jazeera byatangaje ko perezida Trump asanzwe adasengera muri iryo dini rya Gatolika kandi ko iyi foto ye yasakaye cyane, bivuga ko yari aheruka gutera abanyamakuru urwenya ko yifuza kuzaba Papa.

Ubwo abanyamakuru bamubazaga uwo yifuza uzasimbura Papa Fransisco, Trump yasubije ati: “Ndashaka kuba Papa, ayo yaba amahitamo ya mbere.”

Nyamara kandi yavuze ko i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika hari Umu-Cardinal mwiza cyane wavamo papa mwiza.

Aho yarimo avuga Timothy Dolan, uzi ibya Theology cyane kandi warwanyije itegeko rirebana no gukuramo inda.

Abatavuga rumwe na Trump bakoresha imbugankoranyambaga bakimara kubona iriya foto bavuze ko Trump ari gutuka Ekelezia Gatolika kandi ko ari gushyinyagurira kwizera kwabo.

Inama y’Abanyagotolika yabereye i New York, ihagarariwe n’Abepisikopi ba Leta mu gukorana na guverinoma, banenze iyo foto.

Bashyize n’inyandiko hanze bagira bati: “Nta cyiza cyangwa gisekeje kuri iyi foto, bwana perezida.”

Ubundi kandi uwahoze ari minisitiri w’intebe w’u Butaliyani, Matteo Renzi yatangaje ko iyo foto yababaje abakristo, igashotora ibigo kandi yerekana ko umuyobozi wagakwiye guharanira uburenganzira ku isi yishimira kugira ibintu imikino.

Bizwi ko Papa Fransisco uheruka kwitaba Imana, yari umwe mubantu banenga imyitwarire ya perezida Donald Trump.

Tags: IfotoPapaTrump
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

President Ruto Seeks a Second Term as Opposition Figures Form New Parties: Is Kenya Heading Toward an Election That Could Reshape Its Political Landscape? — Read More

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru

President Ruto Seeks a Second Term as Opposition Figures Form New Parties: Is Kenya Heading Toward an Election That Could Reshape Its Political Landscape? — Read More As...

Read moreDetails

Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru

Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru...

Read moreDetails

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho Umutingito ukomeye wibasiye igice cy’uburengerazuba bwa Colombia, uhitana abantu benshi ndetse usiga...

Read moreDetails

Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

Perezida Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe X, yahoze yitwa Twitter, yahinduye bikomeye uburyo yishyuramo abakora ibikubiye ku rubuga. Gahunda yo kugabana amafaranga n’abakoresha igiye kuvaho,...

Read moreDetails
Next Post
I Kaziba ihuriro ry’ingabo za Congo ryayabangiye ingata, ivumbi riratumuka.

Abaturage bakiri mu matwara y'ihuriro ry'ingabo za RDC baratabaza muri Walungu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?