• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 6, 2025
in World News
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

You might also like

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo ayita minisiteri y’intambara, avuga ko isi iri kwerekeza mu ntambara.

Ni mu butumwa uyu mukuru w’igihugu cya Amerika yatanze akoresheje imbuga, aho yagize ati: “Izina minisiteri y’intambara bitanga ubutumwa bwo guhangana no gukemura ibibazo kuruta uko yakwitwa minisiteri y’ingabo.”

Yakomeje ati: “Ndatekereza ko ari ryo zina rikwiye, bijyanye n’aho isi iri kwerekeza uyu munsi. Ritanga ubutumwa bw’intsinzi.”

Cyobikoze no mu myaka yo hambere nko mu 1789 kuzamura n’iko iyi minisiteri yitwaga iyi ntambara, ariko bigeze mu 1947 ihindurwa iy’ingabo.

Bivuze ko n’ubu igiye kuzajya yitwa minisiteri y’intambara(department of war), mu gihe minisitiri wayo azajya yitwa minisitiri w’intambara.

Byanavuzwe kandi ko iri zina ko ryatangiye gukoreshwa n’urubuga rwa Pentagon, kuko rwamaze guhindurwa rugirwa war guv.

Tags: Minisiteri y'intambaraTrumpY'ingabo
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu...

Read moreDetails

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli? U Buyapani bwashyize ahagaragara umushinga udasanzwe ushobora guhindura burundu amateka y’ingufu ku Isi....

Read moreDetails

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani Mu gihe ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irani byananirana burundu,...

Read moreDetails

Amerika Yateguye Igitero Gikomeye kuri Iran, Umutekano w’Isi Urahungabana Bikomeye

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Amerika Yateguye Igitero Gikomeye kuri Iran, Umutekano w’Isi Urahungabana Bikomeye

Amerika Yateguye Igitero Gikomeye kuri Iran, Umutekano w’Isi Urahungabana Bikomeye Isi yose iri mu rungabangabo, amaso yayerekeje mu gace ki kigobe cya Perse, aho ingabo za Leta Zunze...

Read moreDetails

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran U Bushinwa bwahaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika umuburo ukomeye kandi udasanzwe,...

Read moreDetails
Next Post
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?