• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, June 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 6, 2025
in World News
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

You might also like

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo ayita minisiteri y’intambara, avuga ko isi iri kwerekeza mu ntambara.

Ni mu butumwa uyu mukuru w’igihugu cya Amerika yatanze akoresheje imbuga, aho yagize ati: “Izina minisiteri y’intambara bitanga ubutumwa bwo guhangana no gukemura ibibazo kuruta uko yakwitwa minisiteri y’ingabo.”

Yakomeje ati: “Ndatekereza ko ari ryo zina rikwiye, bijyanye n’aho isi iri kwerekeza uyu munsi. Ritanga ubutumwa bw’intsinzi.”

Cyobikoze no mu myaka yo hambere nko mu 1789 kuzamura n’iko iyi minisiteri yitwaga iyi ntambara, ariko bigeze mu 1947 ihindurwa iy’ingabo.

Bivuze ko n’ubu igiye kuzajya yitwa minisiteri y’intambara(department of war), mu gihe minisitiri wayo azajya yitwa minisitiri w’intambara.

Byanavuzwe kandi ko iri zina ko ryatangiye gukoreshwa n’urubuga rwa Pentagon, kuko rwamaze guhindurwa rugirwa war guv.

Tags: Minisiteri y'intambaraTrumpY'ingabo
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
June 23, 2026
0
BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

BYAKOMEYE: Iran yongereye kugaragaza uburakari bukarishye kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Iran yongeye kugaragaza umwuka w’uburakari n’ubwumvikane buke bukomeye ku mibanire yayo na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

by Bahanda Bruce
June 21, 2026
0
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran Yasubije Perezida Trump mu Magambo Akomeye mu Gihe Umwuka wa Politiki Wongeye Kuzamo Ubukana Mu gihe umwuka wa politiki n’umutekano hagati ya...

Read moreDetails

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi

by Bahanda Bruce
June 19, 2026
0
Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Isesengura Ryimbitse ku Masezerano Ashobora Guhindura Politiki y’Isi Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi ibibazo by’umutekano muke n’ihangana rya dipolomasi hagati y’ibihugu bikomeye, ibiganiro hagati ya Leta Zunze...

Read moreDetails

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye Mu gihe isi yose ikomeje gukurikiranira hafi umwuka mubi wari umaze amezi...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano Mu gihe amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?