• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, May 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 6, 2025
in World News
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

You might also like

Amerika na Iran Mu Mwuka Mubi: Perezida Trump Yanenze Bikomeye Icyifuzo cya Tehran Mu gihe Intambara Ikomeje Gufata Indi Ntera

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo ayita minisiteri y’intambara, avuga ko isi iri kwerekeza mu ntambara.

Ni mu butumwa uyu mukuru w’igihugu cya Amerika yatanze akoresheje imbuga, aho yagize ati: “Izina minisiteri y’intambara bitanga ubutumwa bwo guhangana no gukemura ibibazo kuruta uko yakwitwa minisiteri y’ingabo.”

Yakomeje ati: “Ndatekereza ko ari ryo zina rikwiye, bijyanye n’aho isi iri kwerekeza uyu munsi. Ritanga ubutumwa bw’intsinzi.”

Cyobikoze no mu myaka yo hambere nko mu 1789 kuzamura n’iko iyi minisiteri yitwaga iyi ntambara, ariko bigeze mu 1947 ihindurwa iy’ingabo.

Bivuze ko n’ubu igiye kuzajya yitwa minisiteri y’intambara(department of war), mu gihe minisitiri wayo azajya yitwa minisitiri w’intambara.

Byanavuzwe kandi ko iri zina ko ryatangiye gukoreshwa n’urubuga rwa Pentagon, kuko rwamaze guhindurwa rugirwa war guv.

Tags: Minisiteri y'intambaraTrumpY'ingabo
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amerika na Iran Mu Mwuka Mubi: Perezida Trump Yanenze Bikomeye Icyifuzo cya Tehran Mu gihe Intambara Ikomeje Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
May 11, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Amerika na Iran Mu Mwuka Mubi: Perezida Trump Yanenze Bikomeye Icyifuzo cya Tehran Mu gihe Intambara Ikomeje Gufata Indi Ntera Umwuka wa politiki n’umutekano hagati ya Leta Zunze...

Read moreDetails

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate As the world continues to closely follow the relationship between international politics and the...

Read moreDetails

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umubano hagati ya politiki mpuzamahanga n’ubuyobozi bwa...

Read moreDetails

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera Amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran akomeje gufata indi ntera, aho ibikorwa bya...

Read moreDetails

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

by Bahanda Bruce
May 4, 2026
0
Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya Umwuka w’ubushyamirane hagati ya Repubulika ya Kisilamu ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?