• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 27, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 6, 2025
in World News
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo ayita minisiteri y’intambara, avuga ko isi iri kwerekeza mu ntambara.

READ ALSO

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe

Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge

Ni mu butumwa uyu mukuru w’igihugu cya Amerika yatanze akoresheje imbuga, aho yagize ati: “Izina minisiteri y’intambara bitanga ubutumwa bwo guhangana no gukemura ibibazo kuruta uko yakwitwa minisiteri y’ingabo.”

Yakomeje ati: “Ndatekereza ko ari ryo zina rikwiye, bijyanye n’aho isi iri kwerekeza uyu munsi. Ritanga ubutumwa bw’intsinzi.”

Cyobikoze no mu myaka yo hambere nko mu 1789 kuzamura n’iko iyi minisiteri yitwaga iyi ntambara, ariko bigeze mu 1947 ihindurwa iy’ingabo.

Bivuze ko n’ubu igiye kuzajya yitwa minisiteri y’intambara(department of war), mu gihe minisitiri wayo azajya yitwa minisitiri w’intambara.

Byanavuzwe kandi ko iri zina ko ryatangiye gukoreshwa n’urubuga rwa Pentagon, kuko rwamaze guhindurwa rugirwa war guv.

Tags: Minisiteri y'intambaraTrumpY'ingabo

Related Posts

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe
World News

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe

August 19, 2026
Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge
World News

Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge

August 17, 2026
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru
World News

President Ruto Seeks a Second Term as Opposition Figures Form New Parties: Is Kenya Heading Toward an Election That Could Reshape Its Political Landscape? — Read More

August 11, 2026
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru
World News

Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru

August 11, 2026
Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho
World News

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

August 11, 2026
Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?
World News

Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

August 11, 2026
Next Post
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Les Wazalendo auxquels Tshisekedi s’est rapproché continuent de se disputer le leadership : ces divisions fragilisent davantage son pouvoir — Découvrez les dessous de l’affaire
  • Wazalendo abo Tshisekedi yiyegereje bakomeje kurwanira ubuyobozi; aya makimbirane akomeje gutesha agaciro Leta ye — Menya byinshi kuri iyi nkuru
  • AFC-M23 adresse un message fort à Kinshasa après la suspension des activités académiques à Goma et Bukavu
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?