• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 15, 2025
in World News
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho
63
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yavuze ko atashimishijwe n’ifoto ikinyamakuru cya “Time Magazine” cyakoresheje kimuvugaho inkuru.

Nk’uko bigaragara n’uko tariki ya 13/10/2025, iki Kinyamakuru cya Time Magazine cyasohoye inkuru kivuga kuri perezida Trump.

Iyo nkuru yavugaga uburyo uyu mukuru w’igihugu cya Amerika yagize uruhare mu guhagarika imirwano muri Gaza.

Muri icyo gihe cyakoresheje ifoto ya Trump ariko itamugaragaza neza mu maso, bivuze ko atagaragara nk’umuntu ukomeye.

Time Magazine imaze gushyira iyo nkuru hanze, ni bwo perezida Trump yahise ajya ku rubuga rwa Truth Social, avuga ko inkuru yamuvuzweho yari nziza cyane, ariko ko ikibazo kimwe cyayo yaherekejwe n’ifoto itamugaragaza neza nka perezida w’igihugu cy’igihangange.

Yagize ati: “Bankuriyeho umusatsi ahubwo ku mutwe banshyiraho ikintu kimeze nk’ikamba ariko ritoya cyane. Ni ishyano ryaguye!”

Trump kandi yanenze iki Kinyamakuru, avuga ko gikunze gutambutsa inkuru zinenga imitegekere ye.

Ku wa mbere tariki ya 13/10/2025, ni bwo hasinywe amasezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Israel na Hamas, akaba yarashyiriweho umukono i Misiri, bigizwemo uruhare na perezida Trump.

Ni mu gihe intambara hagati y’izi mpande zombi yatangiye umwaka wa 2023, nyuma y’igitero cyo mu kirere Hamas yagabye ku butaka bwa Israel kigahitana abanye-siyeri barenga abantu 1200, abandi benshi bakagikomerekeramo.

Kuva icyo gihe Israel yahise itangira kugaba ibitero kuri Hamas muri Gaza n’ahandi. Ibyo byatumye Gaza isenyuka hafi ya yose, ubundi kandi ipfamo abantu benshi barenga ibihumbi 6, abandi baba impunzi hirya no hino ku isi.

Tags: FotoTime MagazineTrumpYanenze
Share25Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?