Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, ateganya kugera mu Ntara ya Ituri imaze igihe ikorerwamo ubwicanyi.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni uruzinduko bivugwa ko ruba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15/05/2024, nibwo perezida Félix Tshisekedi agera mu mujyi wa Bunia uzwi nku murwa mukuru w’i Ntara ya Ituri.

Ituri iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba ihana imbibi n’igihugu cya Uganda na Sudan y’Epfo.

Iyi Ntara igize igihe yarayogojwe n’ubwicanyi bushingiye ku moko, by’umwihariko ubukorerwa Abanyakongo bo mu bwoko bw’Abahema.

Imitwe irimo CODECO, ADF n’indi iza kwisonga ku kwica abasivile muri iyi Natara.

Perezida Félix Tshisekedi utari ukunze gukorera ingendo zo muri iki gihugu imbere, amakuru avuga ko yahisemo gusura abo muri Ituri; mu rwego rwo guhamagarira imitwe y’itwaje imbunda ikorera muri ibyo bice kuyoboka inzira y’ibiganiro no gutanga amahoro.

Kimweho agiye muri Ituri mu gihe yari aheruka kwakira bamwe mu barwanyi ba CODECO, aho yabakiririye i Kinshasa, mbere y’uko yohereza minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba kuganira n’iyimitwe y’inyeshamba ikorera ku butaka bwo muri iy’i Ntara ya Ituri.

Ku rundi ruhande andi makuru avuga ko Tshisekedi yaba agiye muri Ituri gusaba imitwe y’itwaje imbunda ku mufasha kurwanya M23. Ni mu gihe uyu mutwe umaze kwigarurira ibice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu kwezi kwa Mbere uy’u mwaka, umuhuza bikorwa wa AFC, Corneille Nangaa yatangaje ko ihuriro rye rifite gahunda yo kwigarurira iki gihugu harimo ko hazabanzwa gufatwa i ntara zigize iki gihugu.

      MCN.
Tags: Agace kaberamo ubwicanyiGusuraHemaIturiTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?