• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, ateganya kugera mu Ntara ya Ituri imaze igihe ikorerwamo ubwicanyi.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni uruzinduko bivugwa ko ruba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15/05/2024, nibwo perezida Félix Tshisekedi agera mu mujyi wa Bunia uzwi nku murwa mukuru w’i Ntara ya Ituri.

Ituri iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba ihana imbibi n’igihugu cya Uganda na Sudan y’Epfo.

Iyi Ntara igize igihe yarayogojwe n’ubwicanyi bushingiye ku moko, by’umwihariko ubukorerwa Abanyakongo bo mu bwoko bw’Abahema.

Imitwe irimo CODECO, ADF n’indi iza kwisonga ku kwica abasivile muri iyi Natara.

Perezida Félix Tshisekedi utari ukunze gukorera ingendo zo muri iki gihugu imbere, amakuru avuga ko yahisemo gusura abo muri Ituri; mu rwego rwo guhamagarira imitwe y’itwaje imbunda ikorera muri ibyo bice kuyoboka inzira y’ibiganiro no gutanga amahoro.

Kimweho agiye muri Ituri mu gihe yari aheruka kwakira bamwe mu barwanyi ba CODECO, aho yabakiririye i Kinshasa, mbere y’uko yohereza minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba kuganira n’iyimitwe y’inyeshamba ikorera ku butaka bwo muri iy’i Ntara ya Ituri.

Ku rundi ruhande andi makuru avuga ko Tshisekedi yaba agiye muri Ituri gusaba imitwe y’itwaje imbunda ku mufasha kurwanya M23. Ni mu gihe uyu mutwe umaze kwigarurira ibice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu kwezi kwa Mbere uy’u mwaka, umuhuza bikorwa wa AFC, Corneille Nangaa yatangaje ko ihuriro rye rifite gahunda yo kwigarurira iki gihugu harimo ko hazabanzwa gufatwa i ntara zigize iki gihugu.

      MCN.
Tags: Agace kaberamo ubwicanyiGusuraHemaIturiTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?