Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yakaniye kubyo guhindura itegeko nshinga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 27, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yakaniye kubyo guhindura itegeko nshinga.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yakaniye kubyo guhindura itegeko nshinga.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yamaramaje asaba ko itegeko nshinga rivugururwa.

Tariki ya 24/12/2024 ni bwo Tshisekedi yagiriye uruzinduko i Kananga aho yasabye abaturage baho ko itegekonshinga rya hita rihindurwa kandi ngo bagaharanira ubusugire bw’igihugu.

Yanabwiye abantu b’i Kanaga ko ari bo bagenderwaho, bityo ni bumva icyo cyifuzo rizahita rihindurwa vuba.

Ati: “Ni mwe dukorera. Niba mwifuza ko duhindura itegeko nshinga, tuzarihindura. Ariko nimutabyemeza, ntabwo tuzahindura. Nimukomeza kubizirikana, natwe tuzabikora.”

Uyu mukuru w’igihugu kandi, yasabye ab’i Kananga kudatega amatwi abanyapolitiki bafite imvugo ibeshya, kandi ko abo ba bayoboye mu myaka 18 ariko ko ntacyo babagejejeho.

Tshisekedi kandi yanasabye gukomeza guharanira icyateza igihugu imbere nabo ubwobo.

Yavuze ko hakenewe itegekonshinga rijyanye n’uko ibintu bimeze muri RDC kandi ryanditswe n’Abanyekongo, avuga ko iririho ubu ryandikiwe mu mahanga, ryandikwa n’abanyamahanga.

Abadashigikiye ko itegekonshinga rihinduka, bavuga ko nta mpamvu nimwe ihari yatuma rihinduka.

Moïse Katumbi uri mubashigikiye ko ridahinduka yavuze ko ikibazo kiri muri RDC uyu munsi, ko atari itegekonshinga, agaragaza ko bafite ikibazo cy’imiyoborere mibi.

Katumbi kandi yavuze ko nta na kimwe cyatangwa nk’impamvu yo kurihindura.

Itegeko nshinga rya RDC ririho ubu, ryatowe muri kamarampaka yo mu kwezi kwa Cumi nabiri mu mwaka w’ 2005 , ritogwa ku majwi 84%, ubwo hari ku butegetsi bwa Joseph Kabila wasimbuwe na Félix Tshisekedi.

Tags: Itegeko nshingaKanangaTshisekedi
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Maï-Maï yagabye igitero mu baturage, yakubiswe izakabwana mu Biziba.

Maï-Maï yagabye igitero mu baturage, yakubiswe izakabwana mu Biziba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?