• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 3, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

You might also like

Senateri Lindsey Graham Yashimye AFC/M23 Kukuva muri Uvira, Agaya Ibitero Bikomeje

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe.

Bikubiye mu ijambo yavugiye i Misiri aho yagiriye uruzinduko mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Muri uru uruzinduko ubwo yahabwaga ijambo yavuze ko guverinoma ye n’umutwe wa M23 bizasubukura ibiganiro mu cyumweru gitaha.

Tshisekedi yanagaragaje ko nyuma y’ibyo biganiro ko ari bwo Leta Zunze ubumwe z’Amerika izafata iya mbere mu guhamagara perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, hamwe na Tshisekedi ubwe, kugira ngo bajye kwicarana imbere ya perezida Donald Trump.

Yagize ati: “Ni uko Washington DC ibitekereza. Irimo gutegereza ko tugera ku masezerano, hanyuma iduhuze na perezida Kagame imbere ya perezida Trump, kugira ngo amasezerano abiri-aya Doha n’aya Washington -yemezwe burundu.”

Aya masezerano yombi yitezweho kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho imirwano imaze imyaka isaga icumi, ikibasira abaturage b’inzirakarengane.

Abasesenguzi bavuga ko uruhare rwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika rugaragaza ubushake bwo gushyira iherezo ku ntambara ishyamiranyije RDC n’u Rwanda, binyuze mu biganiro bya dipolomasi.

Tags: ibiganiroM23Tahisekedi
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Senateri Lindsey Graham Yashimye AFC/M23 Kukuva muri Uvira, Agaya Ibitero Bikomeje

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Senateri Lindsey Graham Yashimye AFC/M23 Kukuva muri Uvira, Agaya Ibitero Bikomeje

Senateri Lindsey Graham Yashimye AFC/M23 Kukuva muri Uvira, Agaya Ibitero Bikomeje Senateri Lindsey Graham, uhagarariye Leta ya Carolina mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Ku wa Gatatu tariki ya/12/2025,...

Read moreDetails

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo Abarwanyi bo mu mitwe y’ihuriro rya Wazalendo, bahungiye mu Burundi mu gihe umujyi wa Uvira wafatwaga...

Read moreDetails

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Auto Draft

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw'u Burundi Umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) umaze kugira ingaruka zikomeye ku bukungu bw’ibihugu...

Read moreDetails

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yimwe ijambo...

Read moreDetails
Next Post
“Living Like Other People Is a Right for the Residents of Minembwe ” — Red Cross Worker

“Living Like Other People Is a Right for the Residents of Minembwe ” — Red Cross Worker

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?