• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 3, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yavuze ko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, anagaragaza umuyobozi utazahindurwa.

You might also like

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko Suminwa Tuluku Judith azakomeza kuba minisitiri w’intebe w’iki gihugu, ngo kuko yizeye ko azashobora gukemura ibibazo by’umutekano, imibereho n’ubukungu byugarije igihugu.

Perezida Tshisekedi ibi yabitangaje nyuma y’aho byari bigize iminsi bihwihwisa ko agiye kwirukana, Judith Suminwa ku mwanya wa minisitiri w’intebe.

Ariko mu kubihwihwisa byavaga kukuba Tshisekedi agize iminsi aca amarenga y’uko agiye gukora impinduka muri guverinoma ye, ngo akazana abandi ba minisitiri bashya kandi benshi.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatatandu, ubwo yari mu nama y’ihuriro ry’amashyaka, Union sacree, yavuze ko agifitiye icyizere Suminwa Tuluku cyo gukomeza kuba minisitiri w’intebe. Ibi byahise bishyira iherezo ku makuru yavugaga ko agiye gusimburwa.

Tshisekedi yahise anatangaza ko agiye gushyiraho abagize guverinoma nshya, kandi avuga ko batagomba kurenga 50.

Yakomeje avuga ko iyi guverinoma nshya, ko itazagira uwo iheza ahubwo ko izaba iyabose, ndetse kandi ko izaha amahirwe abatariyiyumvagamo.

Ku wa 25/07/2025, Tshisekedi yayoboye inama y’abaminisitiri, maze yifuriza ubutsinzi abazakomezanya na guverinoma nshya, ashimira abatazasubira muri guverinoma ku bw’imirimo bakoreye igihugu.

Guverinoma yari sanzweho igizwe n’abantu 54, inengwa kuba hari bimwe mu bice by’i gihugu yambuwe, ndetse no kuba hari imitwe ya politiki ifite abadepite mu nteko ariko ikabura n’umuntu n’umwe uyihagararira muri guverinoma.

Ntabwo abazagaragara muri guverinoma nshya ya RDC baramenyekana, gusa icyamenyekanye ni uko minisitiri w’intebe, Judith Suminwa, agifitiwe icyizere, bityo akaba ari we uzayiyobora.

Tags: ImpindukaRdcTshisekedi
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

U Burundi buraramutswa minisitiri w'intebe mushya. Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, ari we Nestor Ntahontuye. Uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, nibwo...

Read moreDetails

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

by minebwenews
August 5, 2025
0
Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Ethiopia-Eritrea Border Tensions Escalate as Troops and Heavy Weaponry Deploy Near AssabAddis Ababa. August 5, 2025 Reports confirmed Tensions between Ethiopia and Eritrea have reached a critical point as...

Read moreDetails

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zigiye kohereza abimukira 250 mu Rwanda nyuma y'aho ibi bihugu byombi bibyumvikanyeho. Ni amakuru yemejwe n'umuvugizi w'u Rwanda, Yolande...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko igihugu cye ko kizakomeza kwitabira ibiganiro...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y'ubufatanye mu bukungu. Repubulika ya demokarasi ya Congo n'u Rwanda byashyizeho amahame abiganisha ku bufatanye mu iterambere ry'ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Intambara y'amagambo hagati ya Amerika n'u Burusiya yafashe indi ntera.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?