• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2025
in Regional Politics
0
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.
102
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

You might also like

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramophosa, yatangaje ko nta kibazo kiri hagati ye na perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Ramophosa yabitangarije mu nama ya Afrika CEO Forum iri kubera i Abidjan muri Cote D’Ivoire, ni mu gihe ubwo we na perezida Paul Kagame bagarukaga ku buryo Africa iri kugira uruhare mu kwikemurira ibibazo bitandukanye, ndetse banavuga ku bibazo by’u mutekano muke uri mu Burasizuba bwa Congo.

Muri icyo kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame yanavuze ko Afrika iri gutera intambwe mu kwikemurira ibibazo bitandukanye no kwishakamo ibisubizo.

Yavuze kandi ko ibibazo by’u mutekano muke uri mu Burasizuba bwa RDC, ko hari gukorwa ibiganiro bitandukanye bigamije kuhashakira amahoro n’ituze ndetse no mu karere, anavuga ko bigeze ku ntambwe ishimishije.

Yagize ati: “Ntekereza ko hari gukorwa ibiganiro byinshi biri kubera icyarimwe, ndetse n’ibyo turi kuvuga yaba ibya Qatar n’ibibera muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ntabwo wavuga ko twageze ku cyo twifuzaga, ariko buri wese ari kugerageza.”

Yageze aha, perezida wa Afrika y’Epfo, Ramaphosa ahita asaba ijambo maze avuga ko ashima uburyo n’umuhate uhari wo gukemura ibibazo by’umutekano muke umaze igihe mu Burasizuba bwa RDC.

Aha ni naho yahise yerura avuga ko nta kibazo kiri hagati ye na perezida Paul Kagame.

Ati: “Abantu bashobora kwibaza ko perezida Kagame nanjye duhanganye. Bamwe muri mwe mwaba mwibajije ko haza gushya mu gihe twicyaranye.”

Ubundi kandi yakomeje avuga ko amahame bemezanye nk’Abanyafrika agomba guhita avanaho ibibazo byose bishobora kuba byari bihari.

Ndetse kandi yavuze ko ibiganiro biri gukorwa ngo amahoro aboneke mu Burasizuba bwa Congo biri kugirwamo uruhare n’Abanyafrika.

Umubano w’u Rwanda na Afrika y’Epfo wajemo agatotsi mu ntangiriro z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025 ubwo perezida Cyril Ramophosa yavugaga ko ingabo z’u Rwanda ari nyeshyamba ndetse ashimangira ko zagize uruhare mu rupfu rw’abasirirkare be bari mu butumwa bwa SAMIDRC ku butaka bwa Congo.

Ariko nanone umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi wagiye uhagarara binyuze mu biganiro byagiye biba mu bihe bitandukanye.

Tags: Cyril RamophosaPaul KagameUmubano
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Perezida Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

Ibya masezerano RDC yinjiyemo ashobora kuzamura urubyiruko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?