Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 20, 2025
in Regional Politics
0
Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Perezida William Ruto akaba ari nawe uyoboye umuryango wa Afrika y’u Burasirazuba(EAC) yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye muri Congo zoherejwe na perezida Félix Tshisekedi w’iki gihugu, aho ibyo biganiro byabo byari byerekeye umutekano w’u Burasirazuba bwa Congo.

Ni ahar’ejo izi ntumwa zageze i Nairobi mu gihugu cya Kenya ziturutse i Kinshasa muri RDC.

Nk’uko aya makuru yemejwe na perezida William Ruto, akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Nakiriye intumwa zo kurwego rwisumbuye zoherejwe na mugenzi wanjye perezida Félix Tshisekedi wo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Twaganiriye kubyerekeye umutekano w’u Burasirazuba bw’igihugu cyabo (RDC).”

Ruto yakomeje avuga ko mu biganiro bagiranye naziriya ntumwa batagiye kure n’imyanzuro iheruka gufatirwa mu nama y’abakuru bibihugu bigize umuryango wa EAC n’uwa SADC yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania.

Intumwa za RDC zari ziyobowe na Lamber Mende wahoze ari minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Congo, aho yarikumwe na minisitiri w’ibikorwa remezo, Alexis Gisaro Muvunyi ndetse na minisitiri w’ubucuruzi, Julien Paluku.

William Ruto muri iriya nama ya EAC na SADC nk’umuyobozi wa EAC yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa kuyoboka inzira y’ibiganiro hagati yabwo n’imitwe yitwaje intwaro ikorera kubutaka bw’iki gihugu itavuga rumwe nabwo harimo n’uwa m23, ayigaragariza ko aribyo byagera ku mahoro arambye, ndetse kandi ashigikira ko ibiganiro by’i Luanda na Nairobi byakongera gusubukurwa nka mbere.

Ibi biganiro byabaye mu gihe ku wa kabiri w’iki cyumweru turimo, umutwe wa m23 wari wasabye ko Leta ya Kinshasa bahanganye yakwemera kuyoboka inzira y’ibiganiro, bitaba ibyo ugakomeza intambara kugeza ufashe i Kinshasa, ndetse ngo ugakuraho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Hagataho uyu mutwe ukomeje kwigarurira ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo mu buryo budasanzwe, kuko n’ahar’ejo wafashe umupaka wa Kamanyola nyuma yuko wari wafashe umujyi wose wa Kamanyola.

Ubu abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kwerekeza ku mujyi wa Uvira, usigayemo Wazalendo gusa, kuko FARDC yamaze kuyivamo yose nyuma yihangana rikomeye ryabaye hagati yabo mu minsi itatu, aho bapfaga guhunga imirwano.

Amakuru yizewe Minembwe.com imaze kumenya nuko aba basirikare ba FARDC bahunze bava muri Uvira nyuma y’iryo hangana ry’abo na Wazalendo, abenshi muri bo bererekeje i Bujumbura, Kalemi abandi bazamuka imisozi y’i Fizi na Uvira.

Tags: ibiganiroKenyaKinshasaWilliam Ruto
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.

Ukuri ku bivugwa kuri Col.Makanika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?