• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
February 20, 2025
in Regional Politics
0
Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida William Ruto akaba ari nawe uyoboye umuryango wa Afrika y’u Burasirazuba(EAC) yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye muri Congo zoherejwe na perezida Félix Tshisekedi w’iki gihugu, aho ibyo biganiro byabo byari byerekeye umutekano w’u Burasirazuba bwa Congo.

Ni ahar’ejo izi ntumwa zageze i Nairobi mu gihugu cya Kenya ziturutse i Kinshasa muri RDC.

Nk’uko aya makuru yemejwe na perezida William Ruto, akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Nakiriye intumwa zo kurwego rwisumbuye zoherejwe na mugenzi wanjye perezida Félix Tshisekedi wo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Twaganiriye kubyerekeye umutekano w’u Burasirazuba bw’igihugu cyabo (RDC).”

Ruto yakomeje avuga ko mu biganiro bagiranye naziriya ntumwa batagiye kure n’imyanzuro iheruka gufatirwa mu nama y’abakuru bibihugu bigize umuryango wa EAC n’uwa SADC yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania.

Intumwa za RDC zari ziyobowe na Lamber Mende wahoze ari minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Congo, aho yarikumwe na minisitiri w’ibikorwa remezo, Alexis Gisaro Muvunyi ndetse na minisitiri w’ubucuruzi, Julien Paluku.

William Ruto muri iriya nama ya EAC na SADC nk’umuyobozi wa EAC yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa kuyoboka inzira y’ibiganiro hagati yabwo n’imitwe yitwaje intwaro ikorera kubutaka bw’iki gihugu itavuga rumwe nabwo harimo n’uwa m23, ayigaragariza ko aribyo byagera ku mahoro arambye, ndetse kandi ashigikira ko ibiganiro by’i Luanda na Nairobi byakongera gusubukurwa nka mbere.

Ibi biganiro byabaye mu gihe ku wa kabiri w’iki cyumweru turimo, umutwe wa m23 wari wasabye ko Leta ya Kinshasa bahanganye yakwemera kuyoboka inzira y’ibiganiro, bitaba ibyo ugakomeza intambara kugeza ufashe i Kinshasa, ndetse ngo ugakuraho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Hagataho uyu mutwe ukomeje kwigarurira ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo mu buryo budasanzwe, kuko n’ahar’ejo wafashe umupaka wa Kamanyola nyuma yuko wari wafashe umujyi wose wa Kamanyola.

Ubu abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kwerekeza ku mujyi wa Uvira, usigayemo Wazalendo gusa, kuko FARDC yamaze kuyivamo yose nyuma yihangana rikomeye ryabaye hagati yabo mu minsi itatu, aho bapfaga guhunga imirwano.

Amakuru yizewe Minembwe.com imaze kumenya nuko aba basirikare ba FARDC bahunze bava muri Uvira nyuma y’iryo hangana ry’abo na Wazalendo, abenshi muri bo bererekeje i Bujumbura, Kalemi abandi bazamuka imisozi y’i Fizi na Uvira.

Tags: ibiganiroKenyaKinshasaWilliam Ruto
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.

Ukuri ku bivugwa kuri Col.Makanika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?