• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
February 20, 2025
in Regional Politics
0
Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

Perezida William Ruto akaba ari nawe uyoboye umuryango wa Afrika y’u Burasirazuba(EAC) yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye muri Congo zoherejwe na perezida Félix Tshisekedi w’iki gihugu, aho ibyo biganiro byabo byari byerekeye umutekano w’u Burasirazuba bwa Congo.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Ni ahar’ejo izi ntumwa zageze i Nairobi mu gihugu cya Kenya ziturutse i Kinshasa muri RDC.

Nk’uko aya makuru yemejwe na perezida William Ruto, akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Nakiriye intumwa zo kurwego rwisumbuye zoherejwe na mugenzi wanjye perezida Félix Tshisekedi wo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Twaganiriye kubyerekeye umutekano w’u Burasirazuba bw’igihugu cyabo (RDC).”

Ruto yakomeje avuga ko mu biganiro bagiranye naziriya ntumwa batagiye kure n’imyanzuro iheruka gufatirwa mu nama y’abakuru bibihugu bigize umuryango wa EAC n’uwa SADC yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania.

Intumwa za RDC zari ziyobowe na Lamber Mende wahoze ari minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Congo, aho yarikumwe na minisitiri w’ibikorwa remezo, Alexis Gisaro Muvunyi ndetse na minisitiri w’ubucuruzi, Julien Paluku.

William Ruto muri iriya nama ya EAC na SADC nk’umuyobozi wa EAC yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa kuyoboka inzira y’ibiganiro hagati yabwo n’imitwe yitwaje intwaro ikorera kubutaka bw’iki gihugu itavuga rumwe nabwo harimo n’uwa m23, ayigaragariza ko aribyo byagera ku mahoro arambye, ndetse kandi ashigikira ko ibiganiro by’i Luanda na Nairobi byakongera gusubukurwa nka mbere.

Ibi biganiro byabaye mu gihe ku wa kabiri w’iki cyumweru turimo, umutwe wa m23 wari wasabye ko Leta ya Kinshasa bahanganye yakwemera kuyoboka inzira y’ibiganiro, bitaba ibyo ugakomeza intambara kugeza ufashe i Kinshasa, ndetse ngo ugakuraho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Hagataho uyu mutwe ukomeje kwigarurira ibice byo muri Kivu y’Amajy’epfo mu buryo budasanzwe, kuko n’ahar’ejo wafashe umupaka wa Kamanyola nyuma yuko wari wafashe umujyi wose wa Kamanyola.

Ubu abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kwerekeza ku mujyi wa Uvira, usigayemo Wazalendo gusa, kuko FARDC yamaze kuyivamo yose nyuma yihangana rikomeye ryabaye hagati yabo mu minsi itatu, aho bapfaga guhunga imirwano.

Amakuru yizewe Minembwe.com imaze kumenya nuko aba basirikare ba FARDC bahunze bava muri Uvira nyuma y’iryo hangana ry’abo na Wazalendo, abenshi muri bo bererekeje i Bujumbura, Kalemi abandi bazamuka imisozi y’i Fizi na Uvira.

Tags: ibiganiroKenyaKinshasaWilliam Ruto

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.

Ukuri ku bivugwa kuri Col.Makanika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)
  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?