• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinja minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu gukora amakosa mu Ntara ya Gaza.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni mukiganiro Joe Biden perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakoranye n’abanyamakuru i Washington DC kuri uyu wa Kabiri, aho yatangaje ko ubutegetsi bwa Israel bufite imikorere mibi ku ntambara ibera mu Ntara ya Gaza.

Yagize ati: “Ntekereza ko ibyo Netanyahu akora ari amakosa. Ntabwo nemeranya n’uburyo bwe.”

Joe Biden avuga kandi ko abaturage baturiye i Ntara ya Gaza bagomba kubona ibyo kurya n’imiti.

Ati: “Gaza igomba kubona imiti n’ibyokurya.”

Mu Cyumweru gishize Biden yavuze ko Amerika izakomeza gushigikira Israel mu ntambara mu gihe izemerera ibiryo n’imiti kugera muri Gaza.

Gusa ibyo yabivuze mu gihe Israel yari yatangaje ko itabujije ko ibiryo n’imiti byinjira mu Ntara ya Gaza, kandi Israel ishinja inzego z’u muryango w’Abibumbye kunanirwa kugeza inkunga yemewe ku baturage bayikeneye.

Ibiganiro bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Gaza, ntacyo bitanga usibye amahanga gushiraho Israel igitutu cyo guhagarika ibitero.

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru dusoje byavuzwe ko Igisirikare cya Israel cyishe abakozi barindwi babatabazi bakoreraga ishirahamwe rya World Central Kitchen.

Ibi nibyo kandi Joe Biden yagarutseho muri icyo kiganiro n’abanyamakuru avuga ko “biteye agahinda uburyo imodoka z’u muryango w’abatabazi zarashwe n’indege zitagira abapilote bakajanwa mu muhanda.”

Muri icyo gihe igisirikare cya Israel cyatangaje ko amakosa akomeye yakozwe n’abakozi b’u butabazi bakuru babiri bari birukanwe.

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden akaba asaba ko Igisirikare cya Israel cyahita gihagarika intambara mu Ntara ya Gaza.

Hambere Joe Biden yari yasabye ko abarwanyi ba Hamas bakwemera agahenge ndetse ngo bagahita barekura imbohe basigaranye bashimuse mu gitero cyagabye muri Israel.

       MCN.
Tags: Amakosa akomeyeAmerikaGazaIsraelJoe Biden
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b’abasivile.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b'abasivile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?