Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 10, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden ngwasanga Israel ikora amakosa akomeye mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, arashinja minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu gukora amakosa mu Ntara ya Gaza.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mukiganiro Joe Biden perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakoranye n’abanyamakuru i Washington DC kuri uyu wa Kabiri, aho yatangaje ko ubutegetsi bwa Israel bufite imikorere mibi ku ntambara ibera mu Ntara ya Gaza.

Yagize ati: “Ntekereza ko ibyo Netanyahu akora ari amakosa. Ntabwo nemeranya n’uburyo bwe.”

Joe Biden avuga kandi ko abaturage baturiye i Ntara ya Gaza bagomba kubona ibyo kurya n’imiti.

Ati: “Gaza igomba kubona imiti n’ibyokurya.”

Mu Cyumweru gishize Biden yavuze ko Amerika izakomeza gushigikira Israel mu ntambara mu gihe izemerera ibiryo n’imiti kugera muri Gaza.

Gusa ibyo yabivuze mu gihe Israel yari yatangaje ko itabujije ko ibiryo n’imiti byinjira mu Ntara ya Gaza, kandi Israel ishinja inzego z’u muryango w’Abibumbye kunanirwa kugeza inkunga yemewe ku baturage bayikeneye.

Ibiganiro bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Gaza, ntacyo bitanga usibye amahanga gushiraho Israel igitutu cyo guhagarika ibitero.

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru dusoje byavuzwe ko Igisirikare cya Israel cyishe abakozi barindwi babatabazi bakoreraga ishirahamwe rya World Central Kitchen.

Ibi nibyo kandi Joe Biden yagarutseho muri icyo kiganiro n’abanyamakuru avuga ko “biteye agahinda uburyo imodoka z’u muryango w’abatabazi zarashwe n’indege zitagira abapilote bakajanwa mu muhanda.”

Muri icyo gihe igisirikare cya Israel cyatangaje ko amakosa akomeye yakozwe n’abakozi b’u butabazi bakuru babiri bari birukanwe.

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden akaba asaba ko Igisirikare cya Israel cyahita gihagarika intambara mu Ntara ya Gaza.

Hambere Joe Biden yari yasabye ko abarwanyi ba Hamas bakwemera agahenge ndetse ngo bagahita barekura imbohe basigaranye bashimuse mu gitero cyagabye muri Israel.

       MCN.
Tags: Amakosa akomeyeAmerikaGazaIsraelJoe Biden
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b’abasivile.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyarugu, mu Burasirazuba bwa RDC, hiciwe abagabo batatu b'abasivile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?