Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 10, 2024
in Regional Politics
1
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden mu ijambo yagejeje ku baturage baturiye Amerika yababwiye ko iki gihugu kiri mu bihe bitacyoroheye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu ijambo uy’u mukuru w’igihugu gikomeye ku isi yavuze ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 09/03/2024, ubwo yari imbere y’inteko nshinga mategeko n’abaturage baturiye iki gihugu gikomeye.

Nk’uko yabivuze ntiyigeze ahisha, hubwo yaraberuriye ababwira ko iki gihugu kiri mu bihe bikigoye, ahanini yavuze ko Amerika irimo umuryane.

Biden yabwiye Abanyamerika ibyagezweho muriyi myaka ine amaze ayoboye. Yagiye avuga ingingo ku ngingo zirimo na Demokarasi n’ukwishira ukizana, uburenganzira ku buzima bw’i myororokere, ubukungu amategeko yo kungenzura imbunda, na politike y’abimukira nk’uko byari byitezwe.

Yavuze kandi ko umutekano wa Amerika ubangamiwe bikomeye n’ibitero by’Aba-Houthi, hakiyongeraho intambara y’u Burusiya irimo mu gihugu cya Ukraine.

Joe Biden yavugaga ubona koko ko hari ibi bangamiye iki gihugu abereye umuyobozi mukuru. Gusa ibi yabivuze mu gihe kandi yitegura guhatanira kongera kuyobora U.S.A muri manda yakabiri, ni amatora azaba arimo na Donald Trump w’igeze kuyobora leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

           MCN.
Tags: AmerikaIbihe bitoroshyeJoe Biden
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

Comments 1

  1. Natalie Kolb says:
    1 year ago

    Hey there, I’m Natalie from Social Busy Bee, your partner in the exciting world of Instagram growth. I’ve unearthed something extraordinary for skyrocketing your Instagram profile and I’m thrilled to share it with you!

    Social Growth Engine brings to you a revolutionary service that propels your Instagram engagement to new heights. It’s effortless:

    – Concentrate on producing captivating content.
    – Extremely cost-effective at only $36/month.
    – Safe and secure (no password needed), incredibly powerful, and the ideal Instagram companion.

    I’ve experienced remarkable results firsthand, and I’m confident you will too! Amplify your Instagram presence this instant: http://get.socialbuzzzy.com/instagram_booster

    To your success,
    Your ally Natalie”

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?