• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.

minebwenews by minebwenews
March 10, 2024
in Regional Politics
1
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden mu ijambo yagejeje ku baturage baturiye Amerika yababwiye ko iki gihugu kiri mu bihe bitacyoroheye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu ijambo uy’u mukuru w’igihugu gikomeye ku isi yavuze ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 09/03/2024, ubwo yari imbere y’inteko nshinga mategeko n’abaturage baturiye iki gihugu gikomeye.

Nk’uko yabivuze ntiyigeze ahisha, hubwo yaraberuriye ababwira ko iki gihugu kiri mu bihe bikigoye, ahanini yavuze ko Amerika irimo umuryane.

Biden yabwiye Abanyamerika ibyagezweho muriyi myaka ine amaze ayoboye. Yagiye avuga ingingo ku ngingo zirimo na Demokarasi n’ukwishira ukizana, uburenganzira ku buzima bw’i myororokere, ubukungu amategeko yo kungenzura imbunda, na politike y’abimukira nk’uko byari byitezwe.

Yavuze kandi ko umutekano wa Amerika ubangamiwe bikomeye n’ibitero by’Aba-Houthi, hakiyongeraho intambara y’u Burusiya irimo mu gihugu cya Ukraine.

Joe Biden yavugaga ubona koko ko hari ibi bangamiye iki gihugu abereye umuyobozi mukuru. Gusa ibi yabivuze mu gihe kandi yitegura guhatanira kongera kuyobora U.S.A muri manda yakabiri, ni amatora azaba arimo na Donald Trump w’igeze kuyobora leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

           MCN.
Tags: AmerikaIbihe bitoroshyeJoe Biden
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

Comments 1

  1. Natalie Kolb says:
    1 year ago

    Hey there, I’m Natalie from Social Busy Bee, your partner in the exciting world of Instagram growth. I’ve unearthed something extraordinary for skyrocketing your Instagram profile and I’m thrilled to share it with you!

    Social Growth Engine brings to you a revolutionary service that propels your Instagram engagement to new heights. It’s effortless:

    – Concentrate on producing captivating content.
    – Extremely cost-effective at only $36/month.
    – Safe and secure (no password needed), incredibly powerful, and the ideal Instagram companion.

    I’ve experienced remarkable results firsthand, and I’m confident you will too! Amplify your Instagram presence this instant: http://get.socialbuzzzy.com/instagram_booster

    To your success,
    Your ally Natalie”

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?