• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.

minebwenews by minebwenews
March 10, 2024
in Regional Politics
1
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahishuriye Abanyamerika ko igihugu cyabo kiri mu bihe bitoroshye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden mu ijambo yagejeje ku baturage baturiye Amerika yababwiye ko iki gihugu kiri mu bihe bitacyoroheye.

Ni mu ijambo uy’u mukuru w’igihugu gikomeye ku isi yavuze ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 09/03/2024, ubwo yari imbere y’inteko nshinga mategeko n’abaturage baturiye iki gihugu gikomeye.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Nk’uko yabivuze ntiyigeze ahisha, hubwo yaraberuriye ababwira ko iki gihugu kiri mu bihe bikigoye, ahanini yavuze ko Amerika irimo umuryane.

Biden yabwiye Abanyamerika ibyagezweho muriyi myaka ine amaze ayoboye. Yagiye avuga ingingo ku ngingo zirimo na Demokarasi n’ukwishira ukizana, uburenganzira ku buzima bw’i myororokere, ubukungu amategeko yo kungenzura imbunda, na politike y’abimukira nk’uko byari byitezwe.

Yavuze kandi ko umutekano wa Amerika ubangamiwe bikomeye n’ibitero by’Aba-Houthi, hakiyongeraho intambara y’u Burusiya irimo mu gihugu cya Ukraine.

Joe Biden yavugaga ubona koko ko hari ibi bangamiye iki gihugu abereye umuyobozi mukuru. Gusa ibi yabivuze mu gihe kandi yitegura guhatanira kongera kuyobora U.S.A muri manda yakabiri, ni amatora azaba arimo na Donald Trump w’igeze kuyobora leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

           MCN.
Tags: AmerikaIbihe bitoroshyeJoe Biden

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

Comments 1

  1. Natalie Kolb says:
    3 years ago

    Hey there, I’m Natalie from Social Busy Bee, your partner in the exciting world of Instagram growth. I’ve unearthed something extraordinary for skyrocketing your Instagram profile and I’m thrilled to share it with you!

    Social Growth Engine brings to you a revolutionary service that propels your Instagram engagement to new heights. It’s effortless:

    – Concentrate on producing captivating content.
    – Extremely cost-effective at only $36/month.
    – Safe and secure (no password needed), incredibly powerful, and the ideal Instagram companion.

    I’ve experienced remarkable results firsthand, and I’m confident you will too! Amplify your Instagram presence this instant: http://get.socialbuzzzy.com/instagram_booster

    To your success,
    Your ally Natalie”

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?