• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasubitse urugendo nyuma y’uko yari amaze kumenya ko Iran yagabye ibitero bikomeye kuri Israel.

minebwenews by minebwenews
April 14, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasubitse urugendo nyuma y’uko yari amaze kumenya ko Iran yagabye ibitero bikomeye kuri Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero Iran yagabye kuri Israel byatumye perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden, ahindura urugendo yari agiye kugirira muri leta ya Delaware aho avuka.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bitero bikomeye igihugu cya Iran cyagabye muri Israel, gikoresheje indege z’intambara zigera mu 100, nk’uko iy’i nkuru ikomeje gutangazwa n’ibitangaza makuru byo hirya no hino ku isi.

Umuvugizi wa peredansi y’Amerika ushinzwe ibyumutekano mu gihugu, Adrienne Watson, yashize itangazo hanze ku munsi w’ejo hashize, avuga ko itsinda ry’abayobozi bo muri perezidansi y’Amerika rikomeje kuvugana n’abayobozi bo muri Israel, n’izindi nshuti yemeza ko iby’iki gitero biri buze kumenyekana neza mu masaha ari Imbere.

Yongeyeho ko aho perezida Biden ahagaze kuri iki kibazo hadashidikanywaho, ko Amerika ishigikiye umutekano wa Israel ku buryo budasubirwaho kandi ko ishyigikiye abaturage ba Israel n’uburyo bihagararaho barwanya iterabwoba rya Iran.

Ijwi ry’Amerika ryatangaje ko Joe Biden nyuma y’uko yari amaze gusubika uruzinduko agasubira muri presidansi y’Amerika, yahise aja mu cyumba cya bugenewe aho agezwaho amakuru yose y’ibibazo biriho mu gihe runaka ku ngingo zikomeye zireba ubutegetsi bw’Amerika.

Ubwo yinjiye muri icyo cyumba cya bugenewe yari kumwe na minisitiri w’ingabo w’Amerika, Lloyd Austin, minisitiri w’u banye n’amahanga Antony Blinken, umugaba mukuru w’ingabo z’Amerika Gen Charles Q. Burns, umukuru w’iperereza ry’imbere mu gihugu, n’umujyanama we mu by’u mutekano w’i Gihugu Jake Sullivan.

Amakuru avuga ko visi perezida Kamara Harris n’umugaba w’ingabo w’ungirije Jeff Zients bitabiriye iyo nama bakoresheje ikorana buhanga rya none(iyakure).

Kuri uyu wa Gatanu w’iki Cyumweru Joe Biden yari yabwiye itangaza makuru ko yiteze ko Iran igaba ibitero kuri Israel mu gihe cya vuba.

Icyo gihe yahise aburira Iran kudakorwa ngo bagabe ibitero muri Israel.

Ati: “Ntimubikore, kandi ni mubikora muzatsindwa.”

Joe Biden yanavuze ko yiteguye gutabara Israel mu gihe Iran yayigabaho ibitero.

Ndetse bikavugwa ko Amerika yohereje abasirikare bayo n’ibikoresho byinshi by’agisirikare mu karere ku Burasirazuba bwo hagati nk’uko byemejwe kuri uyu wa Gatanu, byemejwe na minisiteri y’ingabo z’Amerika.

Bikaba byaravuzwe ko Amerika ifite ingabo zigera kuri 40.000 muri ako karere.

            MCN.
Tags: IranJoe Biden yasubitse urugendoYagabye ibitero kuri Israel
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyahaye isomo rikaze ubutegetsi bwa Iran bwari bwagabye ibitero muri Israel.

Igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z'Amerika cyahaye isomo rikaze ubutegetsi bwa Iran bwari bwagabye ibitero muri Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?