• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyahaye isomo rikaze ubutegetsi bwa Iran bwari bwagabye ibitero muri Israel.

minebwenews by minebwenews
April 14, 2024
in Regional Politics
1
Igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyahaye isomo rikaze ubutegetsi bwa Iran bwari bwagabye ibitero muri Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho igisirikare cya leta Zunze ubumwe z’Amerika cyahaye isomo Iran yagabye ibitero kuri Israel.

You might also like

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Ni mu bitero bikomeye igihugu cya Iran cyagabye muri Israel ikoresheje indege z’intambara zirenga 100 zo mu bwoko bwa Drone na Misile.

Leta ya Iran yagabye iki gitero mu buryo bweruye kandi ikigaba igamije kwihorera ku iyicwa ry’u muyobozi w’ingabo za Quds, Major Gen Mohammad Reza Zahedi wiciwe i Damasiko muri Siriya mu byumweru bibiri bishize.

Igisirikare cya Iran, mu ishami rya Islamic Revolution Guard Corps, IRGC, cyatangaje ko iki gitero cyari gifite ibice runaka bigambiriye .

Ninacyo gitero cya mbere kibaye mu buryo butaziguye hagati y’ibi bihugu byombi bimaze imyaka myinshi birebana ay’ingwe, aho Iran akenshi yakoreshaga imitwe y’itwaje Imbunda.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel Daniel Hagari, yavuze ko Iran yohereje muri Israel Drones na Misile bigera kuri 200 ko kandi ibyo bitero byashubijwe inyuma.

Yagize ati: “Iran yatugabyeho ibitero ikoresheje Misile na drone magana abiri. Ibitero bya Iran twabisubije inyuma. Kuri ubu umuyobozi mukuru arimo gukora ibishoboka byose asuzume imiterere y’intambara ku rwego rw’i gisirikare kirwanira mu kirere.”

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu we yahise atumiza by’i gitaraganya leta y’intambara nyuma yaho Iran igabye icyo gitero.

Yagize ati: “Turashima ukuntu Amerika yafatanye hamwe na Israel, kandi n’ubufasha duhabwa n’u Bwo gereza, u Bufaransa n’ibindi Bihugu byinshi.”

White House yo yatangaje ko iri kumwe na Israel.

Ati: “Amerika iri kumwe n’abaturage ba Israel kandi ishyigikiye kwirwanaho mu kurwanya iterabwoba rituruka muri Iran.”

Ishami ry’Ingabo za Iran rikomeye rya IRCC , rya vuze ko bakoze iki gitero mu kwihorera ku bikorwa bibi Israel ikora burimunsi ku munsi, harimo n’igitero kuri Ambasade ya Iran giheruka i Damas.

Umunyamabanga mukuru wa ONU António Guterress yasohoye itangazo ryamagana ryivuye inyuma iki gitero cyakozwe na Iran kuri Israel.

Gusa Guterress yahise asaba ko ayo makimbirane ahagarara vuba.

Ati: “Yaba akarere, yaba amahanga, nta n’umwe wifuza iyindi ntambara. Iyo mishamirano ihagarare ntayandi mananiza.”

U Bwongereza bwavuze ko ingabo zirwanira mu kirere (RAF) zizakora ibishoboka byose mu guhagarika ibitero bya drones za Iran kuri Israel.

Hagati aho igisirikare cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika zamanuye ibisasu hafi yabyose, nk’uko Biden yabivuze akoresheje urubuga rwa x.

Ati: “Twafashije Israel ku manura ibisasu hafi yabyose.”

MCN.

Tags: AmerikaIsomo rikaze ubutegetsi bwa Iran bwari bwagabye ibitero muri IsraelIsrael
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails
Next Post
Endongo Djodjo, umusirikare wa  Fardc, abaye uwambere uhawe igihano cy’u rupfu nyuma y’uko leta ya Tshilombo yemeje iki gihano.

Endongo Djodjo, umusirikare wa Fardc, abaye uwambere uhawe igihano cy'u rupfu nyuma y'uko leta ya Tshilombo yemeje iki gihano.

Comments 1

  1. Bernard says:
    2 years ago

    Bivuze ko ikirere cya Israël Amerika igicungiye umutekano quelque soit la distance qui les sépare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?