• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yavuze akari ku mutima ku byerekeye umutekano w’iki gihugu abereye umuyobozi mukuru.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni mu ijambo rigufi umukuru w’igihugu cya Congo, Félix Tshisekedi yatanze ubwo yari i Kinshasa ku murwa mukuru, aho yari mu kiganiro cya bereye mu muhezo, ku wa Gatatu tariki ya 08/05/2024 yatangaje ikibazo we abona ko ari nyamukuru kibangamiye umutekano w’iki gihugu avuga ko ari abasirikare bari muri FARDC bavuga ururimi rw’i kinyarwanda, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Muri iki kiganiro gito Tshisekedi yagize ati: “Aba basirikare bavuga ururimi rw’ikinyarwanda binjiye mu ngabo za FARDC, mu byukuri babangamiye umutekano w’igihugu cyacu.”

Ay’amakuru atavuzweho byinshi avuga ko iki kiganiro perezida Félix Tshisekedi yavugiyemo iryo jambo cyarimo abanyacyubahiro bake harimo n’abagize komite njyanama ye, ndetse n’abo mu muryango we.

Si ubwambere Tshisekedi avuga amagambo ababaza imitima y’abaturage baturiye u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini abo mu bwoko bw’Abatutsi, kuko mu 2020 ubwo yari yagiriye uruzinduko i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nyuma yuko yari amaze kwakira delegation irimo Mutualite z’amoko atandukanye haraho yavuze ko intambara ibera mu misozi miremire y’Imulenge ko ari y’abahinzi n’aborozi, bityo ko idafite icyo ibangamiye umutekano w’iki gihugu.

Kandi muri icyo gihe ibitero bya Maï Maï ku bufasha bw’Ingabo za RDC byari bibangamiye ubuzima bw’Abanyamulenge, aho ndetse icyo gihe hasenyutse imihana irenga amagana abiri hari kandi ko n’inka z’abo zanyazwe zikabakaba ibihumbi amagana.

I Mihana y’Abanyamulenge yasenyutse icyo gihe harimo igize akarere ka Mibunda yose, igice cya Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, Bibogobogo, i Chohagati n’imihana igize karere ko mu Malango.

Gusa Abanyamulenge baje kuvukamo Twirwaneho barwanya Maï Maï yarimo itegwa inkunga n’igisirikare cya FARDC cyari kiyobowe na Brig Gen Dieudonne Muhima wari mu Minembwe.

Abanyamulenge bavuga ko muri icyo gihe Twirwaneho yafashye imbunda irwanya Maï Maï na FARDC kugeza aho babumbiye hamwe Abanyamulenge bari bahunze bava mu Chohagati chaza Rwerera, Mibunda n’i Ndondo ba bashira muri Minembwe.

Kugeza ubu Twirwaneho iracayafashe uwo mukingi, nk’uko bivugwa n’Abanyamulenge benshi.

             MCN.
Tags: Ikiganiro cyabereye mu muhezoPerezida Félix TshisekediYavuze akari ku mutima
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Ishirahamwe rya NDSC, ryatanze inama ifasha ku rwanya ubwiyongere bw’amazi y’i Kiyaga cya Tanganyika, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo akomeje gusenyera abaturage.

Ishirahamwe rya NDSC, ryatanze inama ifasha ku rwanya ubwiyongere bw'amazi y'i Kiyaga cya Tanganyika, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo akomeje gusenyera abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?