Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 9, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze akari ku mutima, ariko kabangamiye bamwe mu baturage be.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yavuze akari ku mutima ku byerekeye umutekano w’iki gihugu abereye umuyobozi mukuru.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni mu ijambo rigufi umukuru w’igihugu cya Congo, Félix Tshisekedi yatanze ubwo yari i Kinshasa ku murwa mukuru, aho yari mu kiganiro cya bereye mu muhezo, ku wa Gatatu tariki ya 08/05/2024 yatangaje ikibazo we abona ko ari nyamukuru kibangamiye umutekano w’iki gihugu avuga ko ari abasirikare bari muri FARDC bavuga ururimi rw’i kinyarwanda, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Muri iki kiganiro gito Tshisekedi yagize ati: “Aba basirikare bavuga ururimi rw’ikinyarwanda binjiye mu ngabo za FARDC, mu byukuri babangamiye umutekano w’igihugu cyacu.”

Ay’amakuru atavuzweho byinshi avuga ko iki kiganiro perezida Félix Tshisekedi yavugiyemo iryo jambo cyarimo abanyacyubahiro bake harimo n’abagize komite njyanama ye, ndetse n’abo mu muryango we.

Si ubwambere Tshisekedi avuga amagambo ababaza imitima y’abaturage baturiye u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini abo mu bwoko bw’Abatutsi, kuko mu 2020 ubwo yari yagiriye uruzinduko i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nyuma yuko yari amaze kwakira delegation irimo Mutualite z’amoko atandukanye haraho yavuze ko intambara ibera mu misozi miremire y’Imulenge ko ari y’abahinzi n’aborozi, bityo ko idafite icyo ibangamiye umutekano w’iki gihugu.

Kandi muri icyo gihe ibitero bya Maï Maï ku bufasha bw’Ingabo za RDC byari bibangamiye ubuzima bw’Abanyamulenge, aho ndetse icyo gihe hasenyutse imihana irenga amagana abiri hari kandi ko n’inka z’abo zanyazwe zikabakaba ibihumbi amagana.

I Mihana y’Abanyamulenge yasenyutse icyo gihe harimo igize akarere ka Mibunda yose, igice cya Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, Bibogobogo, i Chohagati n’imihana igize karere ko mu Malango.

Gusa Abanyamulenge baje kuvukamo Twirwaneho barwanya Maï Maï yarimo itegwa inkunga n’igisirikare cya FARDC cyari kiyobowe na Brig Gen Dieudonne Muhima wari mu Minembwe.

Abanyamulenge bavuga ko muri icyo gihe Twirwaneho yafashye imbunda irwanya Maï Maï na FARDC kugeza aho babumbiye hamwe Abanyamulenge bari bahunze bava mu Chohagati chaza Rwerera, Mibunda n’i Ndondo ba bashira muri Minembwe.

Kugeza ubu Twirwaneho iracayafashe uwo mukingi, nk’uko bivugwa n’Abanyamulenge benshi.

             MCN.
Tags: Ikiganiro cyabereye mu muhezoPerezida Félix TshisekediYavuze akari ku mutima
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Ishirahamwe rya NDSC, ryatanze inama ifasha ku rwanya ubwiyongere bw’amazi y’i Kiyaga cya Tanganyika, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo akomeje gusenyera abaturage.

Ishirahamwe rya NDSC, ryatanze inama ifasha ku rwanya ubwiyongere bw'amazi y'i Kiyaga cya Tanganyika, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo akomeje gusenyera abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?