• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Kane, yahagaritse abayobozi babiri mukazi, abaziza umwanda.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2024
in Regional Politics
1
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Kane, yahagaritse abayobozi babiri mukazi, abaziza umwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, General Neva Ndayishimiye, yafashe umukubuzo akubura mu Mujyi wa Bujumbura.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 07/03/2024, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yigereye ku isoko ya Ruvumera, muri Zone ya Buyenzi, iherereye mu Mujyi w’u butunzi w’igihugu cy’u Burundi, nk’uko iy’inkuru itangazwa n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu.

Evariste Ndayishimiye yakoze isuku nyuma y’uko yari amaze gutangaza ko ababazwa n’umwanda urangwa mu Mujyi wa Bujumbura ndetse no mu gihugu hose.

K’uwa Gatatu, w’ejo hashize n’ibwo mu gihugu cy’u Burundi, hashizwe gahunda yiswe “Dusharize igisagara,” ugenekereje mu kinyamulenge, bivuze dufate neza u Mujyi. Bya kozwe mu gihe kandi ubuyobozi bw’u Mujyi wa Bujumbura, bari bihaye gahunda izamara iminsi mirongwine n’itanu yokuba bari gukorera u Mujyi wa Bujumbura, isuku, ni mugihe hagize igihe bivugwa ko mu Burundi ko hari umwanda udasanzwe.

Kurundi ruhande uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi akimara kugera ku isoko ya Ruvumera, yahise atangaza ko y’irukanye uwari ukuriye iyo soko, bwana Ngoyempore Elysee, amwirukanana n’icegera cye, abaziza kuba umwanda wari muriyo isoko bahagarariye, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga King Umurundi.

   MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeYahagaritse abayobozi babiri mukazi abaziza umwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.

Ibihugu bigera kuri 34, n'ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy'u mwaka w'2024.

Comments 1

  1. Kaka says:
    2 years ago

    Mujye mu mwita Sebimyira cg Senjanga Sendagara Mikeke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?