• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamaganye igitero cya gabwe mu Burusiya, abategetsi bicyo gihugu bataragira icyo bakivugaho.

minebwenews by minebwenews
March 23, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamaganye igitero cya gabwe mu Burusiya, abategetsi bicyo gihugu bataragira icyo bakivugaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatanze abategetsi b’u Burusiya kuvuga ku gitero cyagabwe i Crocus City Hall hafi n’u mu Mujyi wa Moscow.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu gitero cyaraye ki gabwe mu bice biri hafi n’u murwa mukuru w’igihugu cy’u Burusiya, gikozwe n’u mutwe w’iterabwoba wa Islamic State ukigaba ahari habereye ibirori birimo n’abanyamuziki bo muri icyo Gihugu.

Ubuyobozi bw’uyu mutwe w’iterabwoba wa Islamic State bwemeje ko abarwanyi babo aribo bagabye kiriya gitero, nk’uko ba bitangaje bakoresheje urubuga rwa Telegrame.

Bagize bati: “Igitero twagikoze, kandi twamaze no kuva amahoro ku butaka bw’u Burusiya.”

Ibiro ntara makuru by’Abarusiya bigendeye ku makuru byahawe n’urwego rushinzwe umutekano w’icyo gihugu, byatangaje ko abantu 40 bapfuye, naho ababarirwa ku 140 bakomeretse.

Bavuga ko abarimo n’abana bagizweho ingaruka z’icyo gitero.

Amashusho yagiye ahagaragara yerekanye abagabo bitwaje imbunda barasagura mu baturage, nyuma y’uko bari bamaze kugaba igitero barimo guhunga m’urwego rwo gukiza amagara yabo.

Urwego rushinzwe gutara amakuru rwa Tass rwatangaje ko nyuma yicyo gitero ko ingabo zidasanzwe z’Abarusiya ko zahise zitangira guhiga bukware abagabye icyo gitero.

Aha rero niho perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yahise aba mu ba mbere bamaganye kiriya gitero na perezida w’u Burusiya ataragira icyo akivugaho.

Ndayishimiye, akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Turamagana twivuye inyuma igitero cy’iterabwoba cy’i Moscow cyicyiwemo abaturage binzirakarengane kikanakomeretsa abandi.”

Yakomeje avuga ati: “Ndihanganisha imiryango yagizweho ingaruka nkanifuriza gukira vuba abakomeretse.”

Uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi, yanabwiye u Burusiya ko “u Burundi bwifatanije na bwo mu bihe bikomeye barimo.”

Iki gitero kandi cya maganwe na leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo aho umuvugizi wa perezida Félix Tshilombo, yavuze ko leta ye yifatanije n’u Burusiya muri ibyo bihe barimo by’u mubabaro.

Avuga ko RDC ikomeje kuzirikana umubano mwiza icyo gihugu gifitanye nicya RDC, n’inyuma y’uko ibihugu byombi biheruka gushiraho amasezerano y’u bufatanye mu byagisirikare.

Gusa, minisiteri y’ubanye n’amahanga y’u Burusiya yavuze ko igitero bagabweho ari icyitera bwoba ko kandi ibihugu byose bigomba ku cyamagana.

Iki gitero cya gabwe mu gihe mu minsi mike ishize leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zatanze umuburo ko ibyihebe biri gutegura kugaba ibitero mu Burusiya.

            MCN.
Tags: IgiteroIslamic StateMoscowU Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi zahungiye mu Burundi, zahawe “amabwiriza,” aremereye mu gihe bagitegereje gukorerwa ibarura.

Impunzi zahungiye mu Burundi, zahawe "amabwiriza," aremereye mu gihe bagitegereje gukorerwa ibarura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?