• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamaganye igitero cya gabwe mu Burusiya, abategetsi bicyo gihugu bataragira icyo bakivugaho.

minebwenews by minebwenews
March 23, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamaganye igitero cya gabwe mu Burusiya, abategetsi bicyo gihugu bataragira icyo bakivugaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatanze abategetsi b’u Burusiya kuvuga ku gitero cyagabwe i Crocus City Hall hafi n’u mu Mujyi wa Moscow.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni mu gitero cyaraye ki gabwe mu bice biri hafi n’u murwa mukuru w’igihugu cy’u Burusiya, gikozwe n’u mutwe w’iterabwoba wa Islamic State ukigaba ahari habereye ibirori birimo n’abanyamuziki bo muri icyo Gihugu.

Ubuyobozi bw’uyu mutwe w’iterabwoba wa Islamic State bwemeje ko abarwanyi babo aribo bagabye kiriya gitero, nk’uko ba bitangaje bakoresheje urubuga rwa Telegrame.

Bagize bati: “Igitero twagikoze, kandi twamaze no kuva amahoro ku butaka bw’u Burusiya.”

Ibiro ntara makuru by’Abarusiya bigendeye ku makuru byahawe n’urwego rushinzwe umutekano w’icyo gihugu, byatangaje ko abantu 40 bapfuye, naho ababarirwa ku 140 bakomeretse.

Bavuga ko abarimo n’abana bagizweho ingaruka z’icyo gitero.

Amashusho yagiye ahagaragara yerekanye abagabo bitwaje imbunda barasagura mu baturage, nyuma y’uko bari bamaze kugaba igitero barimo guhunga m’urwego rwo gukiza amagara yabo.

Urwego rushinzwe gutara amakuru rwa Tass rwatangaje ko nyuma yicyo gitero ko ingabo zidasanzwe z’Abarusiya ko zahise zitangira guhiga bukware abagabye icyo gitero.

Aha rero niho perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yahise aba mu ba mbere bamaganye kiriya gitero na perezida w’u Burusiya ataragira icyo akivugaho.

Ndayishimiye, akoresheje urubuga rwa x, yagize ati: “Turamagana twivuye inyuma igitero cy’iterabwoba cy’i Moscow cyicyiwemo abaturage binzirakarengane kikanakomeretsa abandi.”

Yakomeje avuga ati: “Ndihanganisha imiryango yagizweho ingaruka nkanifuriza gukira vuba abakomeretse.”

Uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi, yanabwiye u Burusiya ko “u Burundi bwifatanije na bwo mu bihe bikomeye barimo.”

Iki gitero kandi cya maganwe na leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo aho umuvugizi wa perezida Félix Tshilombo, yavuze ko leta ye yifatanije n’u Burusiya muri ibyo bihe barimo by’u mubabaro.

Avuga ko RDC ikomeje kuzirikana umubano mwiza icyo gihugu gifitanye nicya RDC, n’inyuma y’uko ibihugu byombi biheruka gushiraho amasezerano y’u bufatanye mu byagisirikare.

Gusa, minisiteri y’ubanye n’amahanga y’u Burusiya yavuze ko igitero bagabweho ari icyitera bwoba ko kandi ibihugu byose bigomba ku cyamagana.

Iki gitero cya gabwe mu gihe mu minsi mike ishize leta Zunze Ubumwe z’Amerika zari zatanze umuburo ko ibyihebe biri gutegura kugaba ibitero mu Burusiya.

            MCN.
Tags: IgiteroIslamic StateMoscowU Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi zahungiye mu Burundi, zahawe “amabwiriza,” aremereye mu gihe bagitegereje gukorerwa ibarura.

Impunzi zahungiye mu Burundi, zahawe "amabwiriza," aremereye mu gihe bagitegereje gukorerwa ibarura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?