• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

You might also like

Angola Irigushyira Imbaraga mu Biganiro by’Amahoro; AFC/M23 Ikagaragaza Impungenge ku Ishyirwa mu Bikorwa ry’Agahenge

Perezida Ndayishimiye yiyemeje guhosha intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Ayoboye Abashimiwe Imiyoborere Myiza, Tshisekedi na Ndayishimiye Baza mu Bayobozi Babi Kurusha Abandi ku Isi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko atazigera afungura imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda, avuga ko ibyo bizageza igihe iki gihugu cyamuhaye abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza wayoboye iki gihugu.

Ni byo perezida w’u Burundi yatangaje ubwo yagiranaga ikiganiro n’igitangaza makuru cya TV Monde.

Muri icyo kiganiro Ndayishimiye yavuze ko mu 2020 yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka, mu gushaka kugaragaza ko afite ubushake bwo kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi wari umaze igihe itifashe neza.

Ndayishimiye yatangaje ibi mu gihe u Rwanda rumaze igihe rugaragaza ko rwiteguye kohereza u Burundi abagerageje guhirika Nkurunziza ku butegetsi mu 2015, mu gihe haboneka uruhande rubishingira.

U Rwanda binyuze mu munyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubanye n’amahanga n’ubutwererane,James Kaberebe, yari aheruka gitangaza ko u Rwanda rugifite aba Barundi, kandi ko rwasobanuriye u Burundi imbogamizi iri mu kubohereza nta mwishingizi.

U Rwanda kandi rusobanura ko aba Barundi bari mu nshingano z’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishyinzwe impunzi (UNCHR) kuko ari impunzi, rukavuga ko rubaye rubobereje u Burundi, hakagira ikibi kibabaho, ari yo yababazwa.

Hagati aho iki gihugu cy’u Rwanda kikagaragaza ko gishaka u ruhande rwa gatatu rwemera kubishingira, bakoherezwa mu izina ryabo, ku buryo baramutse bagiriye ikibazo mu Burundi, u Rwanda rutababazwa.

Muri iki kiganiro cya Ndayishimiye yagiranye na Tv Monde, yumvikanye avuga ko hari abantu bava mu Rwanda bagiye bagerageza guhungabanya umutekano w’igihugu cye.

Ibyatangajwe na Evariste Ndayishimiye byenda gusa n’ubundi n’ibyo yatangaje umwaka ushize, aho yavuze ko umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwe, ushigikiwe n’u Rwanda. Ni mu gihe uwo mutwe muri icyo gihe wari wagabye ibitero mu Burundi.

Tags: EvaristeU Rwanda
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Angola Irigushyira Imbaraga mu Biganiro by’Amahoro; AFC/M23 Ikagaragaza Impungenge ku Ishyirwa mu Bikorwa ry’Agahenge

by Bahanda Bruce
February 17, 2026
0
Angola Yatanze Itariki yo Guhagarika Imirwano hagati ya RDC na M23

Angola Irigushyira Imbaraga mu Biganiro by’Amahoro; AFC/M23 Ikagaragaza Impungenge ku Ishyirwa mu Bikorwa ry’Agahenge Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) yatangaje ko yemeye ku mugaragaro icyifuzo...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yiyemeje guhosha intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye yiyemeje guhosha intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Ndayishimiye yiyemeje guhosha intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, watangiye kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu nama ya 39 y’Abakuru...

Read moreDetails

Perezida Kagame Ayoboye Abashimiwe Imiyoborere Myiza, Tshisekedi na Ndayishimiye Baza mu Bayobozi Babi Kurusha Abandi ku Isi

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Kagame Ayoboye Abashimiwe Imiyoborere Myiza, Tshisekedi na Ndayishimiye Baza mu Bayobozi Babi Kurusha Abandi ku Isi

Perezida Kagame Ayoboye Abashimiwe Imiyoborere Myiza, Tshisekedi na Ndayishimiye Baza mu Bayobozi Babi Kurusha Abandi ku Isi Ikinyamakuru Africa Today Media Group cyasohoye ubushakashatsi bushya bugaragaza uko bamwe...

Read moreDetails

Ibiganiro by’Urwego rwo Hejuru hagati ya RDC na Amerika i Munich

by Bahanda Bruce
February 15, 2026
0
Ibiganiro by’Urwego rwo Hejuru hagati ya RDC na Amerika i Munich

Ibiganiro by’Urwego rwo Hejuru hagati ya RDC na Amerika i Munich Kuri iki Cyumweru, tariki ya 15/02/2026, i Munich mu Budage, habereye ibiganiro by’ingenzi hagati ya Guverinoma ya...

Read moreDetails

Afurika y’Epfo Yibeshye Izina rya Perezida Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
February 15, 2026
0
Afurika y’Epfo Yibeshye Izina rya Perezida Félix Tshisekedi

Afurika y’Epfo Yibeshye Izina rya Perezida Félix Tshisekedi Perezidansi ya Afurika y’Epfo yagaragayeho kwibeshya ku izina rya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho mu itangazo ryasohotse...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Ibyo wa menya kw'ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?