• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi yumvikanye avuga u Rwanda nabi.

You might also like

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

Perezida Museveni Yashimye Amasezerano Hagati ya RDC n’u Rwanda, Anasaba Ingamba Z’Umutekano Zikomeye Kurushaho

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko atazigera afungura imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda, avuga ko ibyo bizageza igihe iki gihugu cyamuhaye abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza wayoboye iki gihugu.

Ni byo perezida w’u Burundi yatangaje ubwo yagiranaga ikiganiro n’igitangaza makuru cya TV Monde.

Muri icyo kiganiro Ndayishimiye yavuze ko mu 2020 yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka, mu gushaka kugaragaza ko afite ubushake bwo kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi wari umaze igihe itifashe neza.

Ndayishimiye yatangaje ibi mu gihe u Rwanda rumaze igihe rugaragaza ko rwiteguye kohereza u Burundi abagerageje guhirika Nkurunziza ku butegetsi mu 2015, mu gihe haboneka uruhande rubishingira.

U Rwanda binyuze mu munyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubanye n’amahanga n’ubutwererane,James Kaberebe, yari aheruka gitangaza ko u Rwanda rugifite aba Barundi, kandi ko rwasobanuriye u Burundi imbogamizi iri mu kubohereza nta mwishingizi.

U Rwanda kandi rusobanura ko aba Barundi bari mu nshingano z’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishyinzwe impunzi (UNCHR) kuko ari impunzi, rukavuga ko rubaye rubobereje u Burundi, hakagira ikibi kibabaho, ari yo yababazwa.

Hagati aho iki gihugu cy’u Rwanda kikagaragaza ko gishaka u ruhande rwa gatatu rwemera kubishingira, bakoherezwa mu izina ryabo, ku buryo baramutse bagiriye ikibazo mu Burundi, u Rwanda rutababazwa.

Muri iki kiganiro cya Ndayishimiye yagiranye na Tv Monde, yumvikanye avuga ko hari abantu bava mu Rwanda bagiye bagerageza guhungabanya umutekano w’igihugu cye.

Ibyatangajwe na Evariste Ndayishimiye byenda gusa n’ubundi n’ibyo yatangaje umwaka ushize, aho yavuze ko umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwe, ushigikiwe n’u Rwanda. Ni mu gihe uwo mutwe muri icyo gihe wari wagabye ibitero mu Burundi.

Tags: EvaristeU Rwanda
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

by Bahanda Bruce
April 9, 2026
0
Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru Mu isi y’iki gihe irangwa n’ihindagurika ryihuse mu bya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashimye Amasezerano Hagati ya RDC n’u Rwanda, Anasaba Ingamba Z’Umutekano Zikomeye Kurushaho

by Bahanda Bruce
April 9, 2026
0
Perezida Museveni Yashimye Amasezerano Hagati ya RDC n’u Rwanda, Anasaba Ingamba Z’Umutekano Zikomeye Kurushaho

Perezida Museveni Yashimye Amasezerano Hagati ya RDC n’u Rwanda, Anasaba Ingamba Z’Umutekano Zikomeye Kurushaho Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye cyane amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono hagati ya...

Read moreDetails

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

by Bahanda Bruce
April 8, 2026
0
Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha Mu ijambo ryagejejwe ku bitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100...

Read moreDetails

Amayobera ku Iturika ry’Intwaro ku Musaga: Imibare Itavugwaho Rumwe n’Agahinda k’Ababuze Ababo Bikomeje Gushimangira Ibibazo

by Bahanda Bruce
April 8, 2026
0
Byinshi ku nkongi n’iturika ry’intwaro mu bubiko bwazo i Bujumbura

Amayobera ku Iturika ry'Intwaro ku Musaga: Imibare Itavugwaho Rumwe n’Agahinda k’Ababuze Ababo Bikomeje Gushimangira Ibibazo Nyuma y’icyumweru kirenga habaye impanuka ikomeye y’iturika ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi, riherereye...

Read moreDetails

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

by Bahanda Bruce
April 7, 2026
0
U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

U Bubiligi bwatanze ubutumwa muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi Mu gihe u Rwanda n’Isi yose batangiye icyumweru cyo Kwibuka Jenoside...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Ibyo wa menya kw'ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?