• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni mu kiganiro perezida Vradimir Putin w’u Burusiya yagiranye n’itangaza makuru ku wa Gatanu tariki ya 14/06/2024, nk’uko iy’inkuru tuyikesha igitangaza makuru cya CNN.

Iki gitangaza makuru cya tangaje ko Vradimir Putin yavuze ko kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine bisaba ko leta ya Kyiv yabanza igatanga uturere tugera muri tune tugize igihe n’ubundi dusabwa n’ubutegetsi bwa Moscow, kandi ko itagomba gushigikira icyifuzo cya NATO kiyisaba kwinjira muri uwo muryango.

Mu nama yabaye mu minsi ishize, ibereye mu Busuwisi ikaba yari igamije kugarura amahoro mu bice by’isi biri kuberamo intambara, Vradimir Putin ntiyari yatumiwemo ariko muri icyo gihe avuga ko ibisabwa kugira ngo amahoro agaruke muri Ukraine hasabwa ko igisirikare cya Ukraine cyarambika imbunda hasi, kandi ibihugu by’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi bikavanaho ibihano byafatiye iki gihugu cy’u Burusiya, ndetse avuga ko byagize ingaruka ku gihugu cye ariko ko bitahungabinije ubukungu bwacyo.

Inkuru ikomeza ivuga ko perezida wa Ukraine, Volodymir Zelnsky, yavuze ko igihugu cye kitizeye ibyo Vradimir Putin avuga, ko kandi bidatandukanye cyane nibyo yari yaravuze mbere. Ibi kandi Zelensky yabigarutseho mu nama yabaye ku munsi w’ejo hashize, mu Butaliyani aho yavuze ko amagambo ya Vradimir Putin yenda gusa nayari yaravuzwe n’umuyobozi w’Abanazi, Adolf Hitler ubwo yigaruriraga ibice byinshi byo mu Burayi mu 1930 na 1940.

Zelensky akomeje avuga ko nta mpamvu yatuma igihugu cye cyizera amagambo ya Vradimir Putin ukurikiza inzira za koreshejwe na Adolf Hitler. Umujyanama wa Ukraine, Mykhailo Podolyak, nawe yahamagariye abayoboke ba Kyiv kwikuramo ibishuko no kutifatanya n’u Burusiya avuga kandi ko amagambo ya Vradimir Putin ko “nta bwenge buyarimo.”

Yagize ati: “Nta gishya kirimo, nta byifuzo by’amahoro nyabyo ndetse nta n’icyifuzo cyo guhagarika intambara. Ariko hariho icyifuzo cyo kudakomeza iyi ntambara no kuyikomeza mu buryo bushya.”

               MCN....
Tags: GukorwaIkigombaKugira ngo amahoro agarukeUkraineVradimir Putin
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri  Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y'uko komanda wo muri Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?