• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni mu kiganiro perezida Vradimir Putin w’u Burusiya yagiranye n’itangaza makuru ku wa Gatanu tariki ya 14/06/2024, nk’uko iy’inkuru tuyikesha igitangaza makuru cya CNN.

Iki gitangaza makuru cya tangaje ko Vradimir Putin yavuze ko kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine bisaba ko leta ya Kyiv yabanza igatanga uturere tugera muri tune tugize igihe n’ubundi dusabwa n’ubutegetsi bwa Moscow, kandi ko itagomba gushigikira icyifuzo cya NATO kiyisaba kwinjira muri uwo muryango.

Mu nama yabaye mu minsi ishize, ibereye mu Busuwisi ikaba yari igamije kugarura amahoro mu bice by’isi biri kuberamo intambara, Vradimir Putin ntiyari yatumiwemo ariko muri icyo gihe avuga ko ibisabwa kugira ngo amahoro agaruke muri Ukraine hasabwa ko igisirikare cya Ukraine cyarambika imbunda hasi, kandi ibihugu by’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi bikavanaho ibihano byafatiye iki gihugu cy’u Burusiya, ndetse avuga ko byagize ingaruka ku gihugu cye ariko ko bitahungabinije ubukungu bwacyo.

Inkuru ikomeza ivuga ko perezida wa Ukraine, Volodymir Zelnsky, yavuze ko igihugu cye kitizeye ibyo Vradimir Putin avuga, ko kandi bidatandukanye cyane nibyo yari yaravuze mbere. Ibi kandi Zelensky yabigarutseho mu nama yabaye ku munsi w’ejo hashize, mu Butaliyani aho yavuze ko amagambo ya Vradimir Putin yenda gusa nayari yaravuzwe n’umuyobozi w’Abanazi, Adolf Hitler ubwo yigaruriraga ibice byinshi byo mu Burayi mu 1930 na 1940.

Zelensky akomeje avuga ko nta mpamvu yatuma igihugu cye cyizera amagambo ya Vradimir Putin ukurikiza inzira za koreshejwe na Adolf Hitler. Umujyanama wa Ukraine, Mykhailo Podolyak, nawe yahamagariye abayoboke ba Kyiv kwikuramo ibishuko no kutifatanya n’u Burusiya avuga kandi ko amagambo ya Vradimir Putin ko “nta bwenge buyarimo.”

Yagize ati: “Nta gishya kirimo, nta byifuzo by’amahoro nyabyo ndetse nta n’icyifuzo cyo guhagarika intambara. Ariko hariho icyifuzo cyo kudakomeza iyi ntambara no kuyikomeza mu buryo bushya.”

               MCN....
Tags: GukorwaIkigombaKugira ngo amahoro agarukeUkraineVradimir Putin
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri  Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y'uko komanda wo muri Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?